Connect with us

Football

Kwizera Olivier na Nsanzimfura Keddy mu biganiro bya nyuma na Kiyovu Sports

Kiyovu Sports yamaze kubona umutoza mushya ufite inkomoko muri DR Congo, Alain – André Landeut , abakinnyi barimo Kwizera Olivier na Nsanzimfura Keddy nabo basigaje kwifatira icyemezo cyo  gusinya muri iyi kipe.

Kiyovu Sports imaze iminsi itangiye imyitozo , muri iyi myitozo harimo kugaragara mo Kwizera Olivier wamaze kugaragarizwa n’ubuyobozi bwa Kiyovu Sports ko bumwifuza.

Nsanzimfura Keddy nawe umaze iminsi mu biganiro na Perezida wa Kiyovu Sports ndetse birimo kugenda neza , biramutse bijyenze neza , iki cyumweru kirarangira asinye amasezerano.

Nsanzimfura Keddy ugifite amasezerano y’imyaka 2 ya APR FC ariko ikaba yaramubwiye ko izamutiza ariko akaba atabikozwa aho we yifuza gusesa amasezerano, bivugwa ko asabwa miliyoni 16 z’amafaranga y’u Rwanda ngo agure aya masezererano.

Amakuru Thedrum.rw yamenye ni uko aba bakinnyi bagiranye ibiganiro byihariye uyu munsi na Perezida wa Kiyovu Sports abereka ko abakeneye mu ikipe ye kandi ko ibyo bifuza bagomba kubihabwa mu gihe baba bemeye gusinyira ikipe abereye Perezida.

Goalie Kwizera retires at age 27 | The New Times | Rwanda

Kwizera Olivier urimo gukora imyitozo muri Kiyovu Sports

Nsanzimfura Keddy ukinira ikipe ya APR FC ashobora kwerekeza mu gihugu cya  Pologne, uyu mukinnyi ashobora gutangwaho arenga miliyoni 200 z'amafaranga  y'u Rwanda - RUSHYASHYA

Nsanzimfura Keddy wifuzwa kurekurwa na APR FC

 

1 Comment

1 Comment

  1. binance'ye kaydolun

    February 13, 2024 at 4:39 pm

    Can you be more specific about the content of your article? After reading it, I still have some doubts. Hope you can help me. https://accounts.binance.com/tr/register-person?ref=P9L9FQKY

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Advertisement
Advertisement

Must See

Advertisement

More in Football


P