More News
-
Sticky Post
/ 2 years agoHaruna Niyonzima yongereye amasezerano muri AS Kigali
Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi na AS Kigal, Haruna Niyonzima yongereye amasezerano y’umwaka umwe muri AS Kigali. Haruna Niyonzima wari warasoje amasezerano...
-
Sticky Post
/ 2 years agoUmweyo muri Rayon Sports urakomeje
Rayon Sports ifite abakinnyi benshi bazatandukana nayo , bamwe muri bo bamaze kumenyekana hari na barutahizamu bayo babiri. Icyumweru gishize nibwo...
-
Sticky Post
/ 2 years agoLiverpool na Manchester City zamaze kugura ba rutahizamu
Liverpool yamaze gutangaza ko yamaze kugura Darwin Nunez wa Benfica, mu gihe Manchester yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yasinyishije Erling Haaland....
-
Sticky Post
/ 2 years agoUmunsi wa 29, umunsi w’amarira ku makipe yabuze aho ahagarara
Shampiyona y’u Rwanda irimo kugana ku musozo, uyu munsi harakinwa umunsi wa 29 aho amakipe menshi afite imibare myinshi yaba ari...
-
Sticky Post
/ 2 years agoMugisha Moise yatwaye Tour du Cameroon (Amafoto)
Mugisha Moise wa Team Rwanda yatwaye Tour du Cameroon ya 2022, nyuma kwitwara neza mu minsi ibiri ya nyuma. Kuri iki...
-
Sticky Post
/ 2 years agoOmbolenga Fitina mu minsi ye ya nyuma muri APR FC
Myugariro wo kuruhande w’umunyarwanda ukinira APR FC n’Amavubi Ombolenga Fitina mu nzira zimwerekeza hanze y’u Rwanda akajya gukina muri Maroc. Ombolenga...
-
Sticky Post
/ 2 years agoMurenzi Abdallah yakomeje kuyobora FERWACY
Murenzi Abdallah yongeye gutorerwa kuyobora ishyirahamwe ry’umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY), akaba ariwe wari wiyamamaje wenyine . Kuri uyu wa gatandatu...
-
Sticky Post
/ 2 years agoAPR FC yahagaritse abafana bayo
Ubuyobozi bwa APR FC bwafashe umwanzuro wo guhagarika Itsinda ry’abafana bibumbiye muri Intare za APR FC Funclub kubera amagambo atari meza...
-
Sticky Post
/ 2 years agoInkuru ya Cristiano Ronaldo isobanura igihe yatangiye gufata Sir Alex Ferguson nka Papa wa kabiri
Cristiano Ronaldo ni rutahizamu w’ikipe ya Manchester United n’ikipe y’igihugu cya Portugal, Afite imyaka 37 y’amavuko. Cristiano Ronaldo ni umwe mu...
-
Sticky Post
/ 2 years agoKNC yisubiyeho agarura ikipe ariko we arahira ko atazagaruka ku ikibuga
Nyuma yaho Perezida wa Gasogi United atangarije ko akuye ikipe ye muri Shampiyona kubera ibikorwa biberamo , yamaze kwisubiraho avuga ko...
-
Sticky Post
/ 2 years agoNyuma yo gusinyisha Pierrot, Rayon Sports itegereje abakinnyi 2 n’umutoza
Rayon Sports yamaze gutangaza ko yamaze gusinyisha Kwizera Pierrot amasezerano y’imyaka ibiri. hategerejwe abandi bakinnyi 2 bashya barimo n’umutoza Mukuru. Rayon...
-
Sticky Post
/ 2 years agoBreaking News: KNC akuye Gasogi muri shampiyona nyuma y’igitego yatsinze Rayon bakacyanga
Perezida w’ikipe ya Gasogi United ‘KNC’ amaze gufata umwanzuro wo gukura ikipe ye muri shampiyona y’u Rwanda nyuma y’igitego yatsinze ikipe...
-
Sticky Post
/ 2 years agoRayon Sports yasinyishije Rutahizamu, Perezida avuga ko haza nundi mukinnyi vuba
Rayon Sports FC yamaze gutangaza ko yasinyishije Rutahizamu mpuzamahanga w’Umugande witwa Musa Esenu , yasinye amasezerano y’imyaka ibiri. Mu gitondo cyo...
-
Sticky Post
/ 2 years agoWilly Esombe Onana ahaye amanota 3 Rayon Sports, APR Fc igwa miswi
Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda yakomezaga aho yari igeze ku munsi wa cumi wayo. Yasize ikipe ya Kiyovu ikiyoboye urutonde nubwo...
-
Sticky Post
/ 2 years agoRayon Sports yahaye As Kigali ubusobanuro bw’ibara ry’ubururu n’umweru
Rayon Sports yakinaga n’ikipe ya As Kigali mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona y’u Rwanda Primus National League. Uwo mukino...
-
Sticky Post
/ 2 years agoJimmy Gatete yahishuye igitego yatsinze gihora kimunezaza cyane iyo akibutse
Rutahizamu Jimmy Gatete wamenyekanye mu mateka y’umupira w’amaguru mu Rwanda by’umwihariko kubyo yagiye akora mu kibuga, Yatangaje byinshi mu buzima bwe...
-
Sticky Post
/ 2 years agoKlopp we yahisemo kwifata itama abajijwe uko yabonye ibya Ballon d’Or nawe avuga ukuri kwe
Jurgen Klopp ni umudage utoza ikipe ya Liverpool yo mu gihugu cy’ubwongereza, Nawe yagize ibyo avuga ku birori bya Ballon d’Or...
-
Football
/ 6 months agoUmutoza w’Amavubi abakinnyi 2 yashimye uko bitwara nyuma yo gutsinda Afurika y’Epfo
U Rwanda, rwakiniga umukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, umukino warangiye Amavubi y’u Rwanda atsinze ibitego 2 ku busa...
-
Other
/ 6 months agoBreaking News: Titi Brown yafunguwe
Umubyinnyi w’umunyarwanda Ishimwe Thierry, Wamenyekanye cyane nka Titi Brown, Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamugize umwere. Urukiko rwahise rutegeka ko arekurwa, urubanza...
-
Football
/ 7 months agoInkuru ibabaje: La Gallette wakundaga APR Fc n’ Amavubi yapfuye
Mike Ferrer wa menyekanye mu Rwanda cyane nka “La Gallette” nyiri uruganda rw’umugati witwa gutyo, yapfuye ku mu goroba wo kuri...
-
Football
/ 10 months agoAMAFOTO: APR Fc yerekanye umunyamahanga wa kabiri
Ikipe ya APR Fc, yerekanye umunyamahanga wa kabiri uzakinira iyo kipe nyuma yo kwerekana Ismaily Nshimirimana Pitchou ukomoka mu Burundi, Uwa...
-
Football
/ 10 months agoAMAFOTO: Nyuma y’imyaka 11, APR Fc idakinisha abanyamahanga yerekanye uwa mbere
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda, APR Fc, yerekanye umunyamahanga wa mbere yasinyishije nyuma y’imyaka 11, idakinisha abakinnyi b’abanyamahanga. Umukinnyi wa mbere...
Recent Comments