Andi Makuru
-
Amakuru
/ 6 minutes agoHarimo imikino izaba saa tatu z’ijoro – Rwanda Premier League yatangaje izindi mpinduka!
Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League (RPL) bwatangaje impinduka ku ngengabihe y’imikino ya Mutarama, zirimo n’umukino wa mbere mu mateka y’iyi shampiyona...
-
Amakuru
/ 44 minutes agoTaleb Vs Bruno Ferry – FERWAFA Super Cup ibura amasaha make ihatse iki ?
Stade Amahoro iraba ari indiri y’amarangamutima kuri uyu wa Gatandatu guhera Saa Kumi n’Ebyiri n’Igice z’umugoroba, ubwo APR FC na...
-
Amakuru
/ 4 hours agoAFCON 2025: umutoza wa Mali yishimiye ubutwari bw’abakinnyi be nubwo basezerewe
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Mali, Umubiligi Tom Saintfiet, yatangaje ko yishimiye cyane abakinnyi be n’ubwitange bagaragaje, nubwo basezerewe mu gikombe cy’Afurika...
-
Amakuru
/ 4 hours agoNtago bikwiye ko Kigali Pele Stadium ikinirwaho n’amakipe 10 – FERWAFA
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatangaje ko mu gihe kitarenze amezi atatu hazashyirwa hanze uburyo bushya bwo...
-
Amakuru
/ 17 hours agoFERWAFA yatangaje ibirango n’inyito nshya bya shampiyona y’abagore
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje impinduka nshya mu mupira w’amaguru w’abagore, aho icyiciro cya mbere cyahinduriwe izina kikitwa “Rwanda...
-
Amakuru
/ 23 hours agoAbakinnyi bashya ba Rayon Sports bose biteguye guhura na APR FC – Bruno Ferry
Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangaje ko abakinnyi bose bashya iyi kipe yaguze mu isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi biteguye gukina...
-
Amakuru
/ 1 day agoAbafana ba Manchester United bagiye kwigaragambiriza akajagari mu ikipe
Itsinda rikomeye ry’abafana ba Manchester United ryitwa The 1958 ryatangaje ko riri gutegura imyigaragambyo rishinja ba nyiri iyi kipe kuyigira nk’ikinamico...
-
Amakuru
/ 1 day agoGabriel Martinelli yasabye imbabazi Conor Bradley
Premier League : Arsenal 0 – 0 Liverpool Mu mukino wahuje Arsenal na Liverpool warangiye ari ubusa ku busa (0-0) wabereye...
-
Amakuru
/ 1 day agoBasketball : Shampiyona y’icyiciro cya mbere yatewe ipine
Shampiyona ya Basketball mu Rwanda yari iteganyijwe gutangira ku itariki ya 24 Mutarama 2026 yimuriwe ku ya 6 Gashyantare 2026, nyuma...
-
Imikino
/ 1 day agoRPL – Police yataye inota imbere ya Al Merrikh ari nako Al Hilal iyegera
Mu mukino wari utegerejwe na benshi wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku wa Kane, Police FC yanganyije na Al Merrikh igitego...


