Stories By Gatete Jimmy
-
Amakuru
/ 9 hours agoReal Madrid na Lyon mu nzira zisoza kuganira ku hazaza ha Endrick
Amakuru aturuka muri Espagne aravuga ko Real Madrid iri mu biganiro bya nyuma na Olympique Lyonnais byo gutiza rutahizamu w’Umunyabrezili, Endrick...
-
Amakuru
/ 10 hours agoRayon Sports yemeje ko yatandukanye burundu na Afahamia Lotfi
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yemeje ko iyi kipe imaze gutandukana n’umutoza wayo mukuru, Afahamia Lotfi, nyuma y’amezi atatu gusa...
-
Amakuru
/ 12 hours agoSitade Amahoro yavuye mu biganza bya Minisiteri ya Siporo
Minisiteri ya Siporo y’u Rwanda yafashe umwanzuro mushya wo gushyira Stade Amahoro mu maboko y’abikorera, mu rwego rwo kunoza imicungire yayo...
-
Amakuru
/ 13 hours agoUwakiniye Rayon Sports yongerewe ibihano na FIFA
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Burundi, Bimenyimana Bonfils-Caleb, yahawe ikindi gihano byo kudakina imikino itatu mpuzamahanga, nyuma y’igikorwa cyafashwe nk’icy’ubugome yakoze ubwo...
-
Ibindi
/ 14 hours agoUmuhungu wa Ronaldinho yemeje ko nta gitutu yaterwa n’izina rya se
Joao Mendes, ukina ku ruhande rw’iburyo mu ishuri ry’abato rya Hull City yatangaje ko kuba ari umuhungu w’icyamamare mu mupira w’amaguru,...
-
Amakuru
/ 16 hours agoTour du Rwanda mu nzira zijya ku rwego rwa Tour de France
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko riri mu biganiro n’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) hagamijwe kuzamura urwego rw’irushanwa...
-
Amakuru
/ 16 hours agoTwasobanuye byose ukeneye kumenya kuri Euro 2028
Umujyi wa Cardiff, umurwa mukuru wa Pays de Galles (Wales), ni wo uzakira umukino ufungura irushanwa rya Euro 2028, nk’uko byemejwe...
-
Amakuru
/ 17 hours agoHandball :Twamenye aho u Rwanda rwisanze muri tombola y’igikombe cy’Afurika
U Rwanda ruri mu myiteguro ikomeye yo kwakira Igikombe cya Afurika cya Handball cya 2026, rwisanze mu gakangara ka gatatu (Pot...
-
Amakuru
/ 1 day agoUwakiniye Chelsea yafashwe n’umutima yikubita hasi
Umunyabrazil Oscar dos Santos Emboaba Júnior, wahoze ari umukinnyi wo hagati muri Chelsea ndetse n’ikipe y’igihugu ya Brazil, ari mu bitaro...
-
Amakuru
/ 1 day agoFIFA irashinjwa gushyiraho imiryango y’abahagarariye abakinnyi ya baringa !
Umuryango mpuzamahanga w’abakinnyi b’umupira w’amaguru, FIFPRO, urashinja ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, kuba ririmo kugoreka ibiganiro bigamije kurengera ubuzima n’imibereho...


