Connect with us

Football

Liverpool na Manchester City zamaze kugura ba rutahizamu

Liverpool yamaze gutangaza ko yamaze kugura Darwin Nunez wa Benfica, mu gihe Manchester yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yasinyishije Erling  Haaland.

Amakipe abiri yo mu bwongereza ariyo Liverpool na Manchester City zamaze kugura ba rutahizamu bashya nyuma y’iminsi bari mu biganiro nabo.

Manchester City yari yaramaze gutangaza ko yamaze kumvikana na Borussia Dortmund , uyu munsi nibwo iyi kipe yerekanye Erling Haaland .

Haaland yavuze ko Manchester City ayizi ko kandi ari umufana wayo mukuru kuko na se yakiniye iyi kipe, yagize ati:”“Navukiye mu Bwongereza, ku buryo nabaye umufana wa Man City ubuzima bwanjye bwose, nzi byinshi kuri iyi kipe”.

Yakomeje agira ati:”“Numva ndi mu rugo hano”

Image

Haaland umukinnyi mushya wa Manchester City

Image

 

Liverpool nayo imaze iminsi ivugwa kuri Darwin Nunez , mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo Benfica yatangaje ko yamaze kumvikana na Liverpool kuri rutahizamu wayo w’umunya-Uruguay, biteganyijwe ko atangazwa uyu munsi.

Liverpool yaguze Darwin Nunez Millitoni 75 z’ama-Pound .

Manchester United fans must accept gutting reality about transfers after Darwin  Nunez decision - Steven Railston - Manchester Evening News

Darwin Nunez ukora ikizamini cy’ubuzima uyu munsi muri Liverpool

 

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Advertisement
Advertisement

Must See

Advertisement

More in Football


P