Connect with us

Football

Murenzi Abdallah yakomeje kuyobora FERWACY

Murenzi Abdallah yongeye gutorerwa kuyobora ishyirahamwe ry’umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY), akaba ariwe wari wiyamamaje wenyine .

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11 Kamena 2022, nibwo hatowe komite nshya ya FERWACY , nyuma yaho abari basanzwe barangije manda y’imyaka ine.

Murenzi Abdallah yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (@cyclingrwanda) mu gihe cy’imyaka ine.

Yatowe n’abanyamuryango ku amajwi 10/11, mu abandi batowe muri komite nyobozi :

1. Karangwa François ( Vice/P wa mbere)

2.Kayirebwa Liliane ( Vice precident 2) 3.Munyankindi Benoît (Umunyamabanga)

4. Ingabire Assia ( Umubitsi)

Abajyanama batowe ni 2 aribo :

1.Karambizi Rabin

2.Bayisabe Irené.

Hatowe  komite nkemurampaka irimo :Rwanyange Rène Anthere ,Nkurunziza Jean Pierre ,Karama Geoffrey.

Komite Ngenzuzi harimo :Niyonzima Gildas ,Mupenzi Christophe Rène

Aya matora yabaye nyuma yaho yari kuba tariki ya 29 Gicurasi 2022 ariko yarasubitswe .

Image

Kayirebwa Liliane yatorewe kuba Visi Perezida wa Kabiri wa FERWACY

Image

Komite nshya yatowe

Image

Rwanyange Rene Anthere ,Nkurunziza Jean Pierre na  Karama Geoffrey

Image

President: Murenzi Abdallah 1st VP: Karangwa François 2nd VP: Kayirebwa Liliane General Secretary: Munyankindi Benoït Treasurer: Ingabire Assia Advisors: – Bayisabe Irene – Karambizi Rabin Hamim

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Advertisement
Advertisement

Must See

Advertisement

More in Football


P