-
Amakuru
/ 7 months agoLiverpool, Manchester City na Tottenham Hotspur mu nkundura yo kwegukana Semenyo
Antoine Semenyo wa Bournemouth akomeje kwifuzwa na menshi makipe akomeye muri Premier League ariko ayarimo Liverpool, Manchester City na Tottenham Hotspur...
-
Amakuru
/ 7 months agoShema Fabrice yahaye umukoro abarimo gukorera Licence B–CAF
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasuye abatoza 25 bari mu mahugurwa yo ku rwego rwa Licence...
-
Amakuru
/ 7 months agoMuvunyi ashobora kweguriramo – Rayon Sports yatumijeho inteko rusange idasanzwe!
Umwuka utari mwiza umaze iminsi ugaragara mu buyobozi bwa Rayon Sports ugiye kongera gushyirwa ku meza mu Nteko Rusange Idasanzwe yatumijwe...
-
Amakuru
/ 7 months agoJurgen Kloop watoje Liverpool yatangaje indi ntambwe nshya
Nyuma y’imyaka irenga 15 atagaragara mu mwuga wo gusesengura imikino kuri televiziyo, Jürgen Klopp yongeye kubitangaza ku mugaragaro binyuze kuri Instagram,...
-
Amakuru
/ 7 months agoU Bwongereza bwitegura Albania bwatakaje intwaro y’ingenzi
Myugariro wa Crystal Palace, Marc Guehi, yahisemo kuva mu ikipe y’igihugu y’u Bwongereza nyuma y’uko abaganga bemeje ko atabasha gukomeza gukina...
-
Amakuru
/ 8 months agoBasketball : Inkingi ya mwamba ya APR yagarutse nyuma y’amezi 9 y’imvune
Osborn Shema, umwe mu bakinnyi beza ba APR BBC bakina imbere, yongeye kugaruka mu myitozo nyuma y’amezi icyenda yari amaze hanze...
-
Amakuru
/ 8 months agoSindi Paul arangamiye kwemeza Adel Amrouche
Abakinnyi bashya bahamagawe bwa mbere mu ikipe y’igihugu Amavubi baravuga ko biteguye kwerekana impamvu umutoza Adel Amrouche yabahaye amahirwe yo kwambara...
-
Amakuru
/ 8 months agoRayon Sports yatsinze umukinnyi wayo wayireze
Nyuma y’amezi yari amaze azenguruka mu nzego zitandukanye z’ubuyobozi bwa ruhago yishakira ibisobanuro ku masezerano ye, umukinnyi wo hagati Niyonshuti Emerance...
-
Amakuru
/ 8 months agoChancel Mbemba yaciye akarongo ku nzozi za Bryan Mbeumo
Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje guhumurirwa n’icyizere cyo kugera mu gikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo gutsinda...
-
Amakuru
/ 8 months agoReal Madrid na Lyon mu nzira zisoza kuganira ku hazaza ha Endrick
Amakuru aturuka muri Espagne aravuga ko Real Madrid iri mu biganiro bya nyuma na Olympique Lyonnais byo gutiza rutahizamu w’Umunyabrezili, Endrick...


