-
Amakuru
/ 7 months agoBenjamin Šeško agiye kumara ukwezi adakina
Manchester United yongeye kwisanga mu bibazo by’imvune nyuma y’aho rutahizamu Benjamin Sesko yavunikiye mu mukino banganyijemo na Tottenham Hotspur tariki ya...
-
Amakuru
/ 7 months agoAchraf Hakimi, Mohamed Salah na Victor Osimhen bahigitse abandi
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje urutonde rw’abakinnyi batatu bageze ku cyiciro cya nyuma mu guhatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umwaka...
-
Amakuru
/ 7 months agoFERWABA yabonye umuyobozi mushya
Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda [FERWABA] ryatangaje ko François-Régis Gahuranyi ari we wagizwe Umuyobozi mukuru waryo, asimbuye Fionah Ishimwe wari...
-
Amakuru
/ 7 months agoMartin Rutagambwa yatunze itoroshi ku cyo yise ‘gatsiko k’amabandi’ muri Rayon Sports
Nyuma y’isubikwa ry’Inama y’Inteko Rusange Idasanzwe ya Rayon Sports, yagombaga kuba ku wa 22 Ugushyingo 2025, umwe mu bakunzi bakomeye b’iyi...
-
Amakuru
/ 7 months agoRPL : Al Hilal SC na Al Merreikh zitegeye amakiriro kuri CAF
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) iritegura gutanga umwanzuro wa nyuma ku busabe bwa Al Hilal SC na Al Merreikh, amakipe...
-
Amakuru
/ 7 months agoDore impamvu muzi yateye Muvunyi Paul kwisubiraho
Mu gihe abakunzi ba Rayon Sports bari biteze ko iki cyumweru kirarangira habaye Inteko Rusange Idasanzwe yari yitezweho gukemura amakimbirane amaze...
-
Amakuru
/ 7 months agoSir Alex Ferguson yacyeje Ruben Amorim na Mbuemo
Sir Alex Ferguson, umutoza w’ibihe byose wa Manchester United, yashimye cyane uruhare rw’umutoza n’abakinnyi bashya barimo Mbuemo na Matheus Cunha binjiye...
-
Amakuru
/ 7 months agoBasketball : APR yegukanye igikombe cya Zone 5
APR Women Basketball Club, yanditse amateka mashya mu mukino w’intoki mu Rwanda nyuma yo kwegukana igikombe cya mbere cya Women’s Basketball...
-
Amakuru
/ 7 months agoMyugariro wa Arsenal yavunitse mbere yo guhura na Spurs
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Brazil, Carlo Ancelotti, yatangaje ko myugariro wa Arsenal Gabriel Magalhães azasuzumwa muri iki Cyumweru nyuma yo kuvunikira...
-
Amakuru
/ 7 months agoRuhago y’abagore : FERWAFA iri guhugura abazasifura shampiyona y’icyiciro cya kabiri
Komisiyo y’Abasifuzi mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yatangije amahugurwa agamije kongerera ubumenyi abasifuzi bazayobora imikino ya Shampiyona y’Abagore y’Icyiciro...


