All posts tagged "Ferwafa"
-
Amakuru
/ 8 months agoRPL : Al Hilal SC na Al Merreikh zitegeye amakiriro kuri CAF
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) iritegura gutanga umwanzuro wa nyuma ku busabe bwa Al Hilal SC na Al Merreikh, amakipe...
-
Amakuru
/ 8 months agoRuhago y’abagore : FERWAFA iri guhugura abazasifura shampiyona y’icyiciro cya kabiri
Komisiyo y’Abasifuzi mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yatangije amahugurwa agamije kongerera ubumenyi abasifuzi bazayobora imikino ya Shampiyona y’Abagore y’Icyiciro...
-
Amakuru
/ 8 months agoShema Fabrice yahaye umukoro abarimo gukorera Licence B–CAF
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasuye abatoza 25 bari mu mahugurwa yo ku rwego rwa Licence...
-
Amakuru
/ 8 months agoRayon Sports yatsinze umukinnyi wayo wayireze
Nyuma y’amezi yari amaze azenguruka mu nzego zitandukanye z’ubuyobozi bwa ruhago yishakira ibisobanuro ku masezerano ye, umukinnyi wo hagati Niyonshuti Emerance...
-
Amakuru
/ 8 months agoAdel Amrouche yagaragaye ku rubanza rwa Camarade wa FERWAFA
Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade wahoze ari Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, yongeye kuburana mu bujurire ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha...
-
Amakuru
/ 8 months agoNtwari Fiacre yabazwe urutugu
Umunyezamu wa mbere w’Ikipe y’Igihugu y’ U Rwanda,’AMAVUBI’, Ntwari Fiacre yabazwe urutugu rwari rumaze iminsi rumurya kubera kuvunika. Fiacre ukina mu...
-
Amakuru
/ 8 months agoAdel Amrouche yemerewe gupima urwego bw’abakina imbere mu gihugu
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko Ikipe y’Igihugu Amavubi igiye gukora umwiherero w’iminsi ine ugamije gusuzuma urwego rw’abakinnyi bakina...
-
Amakuru
/ 8 months agoRwanda Premier League : Hahindutse byinshi ku mukino wa AS Kigali na Al Hilal Omdurman
Umukino wari utegerejwe cyane wagomba guhuza AS Kigali na Al Hilal Omdurman muri shampiyona y’u Rwanda, watunguranye ugirwa uwa gishuti mu...
-
Amakuru
/ 8 months agoShema Fabrice yahaye umukoro ukomeye ingimbi zihagarariye u Rwanda
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yahaye umukoro ukomeye ikipe y’Igihugu y’Ingimbi zitarengeje imyaka 17 mbere yo...
-
Featured
/ 8 months agoRubanguka yasezeye ruhago ku myaka 29
Rubanguka Steve, Yasezeye gukina umupira w’Amaguru ku myaka 29 y’Amavuko nyuma yo kumara imyaka 11, Akina nk’Umukinnyi wabigize umwuga. Rubanguka Steve...


