All posts tagged "Ferwafa"
-
Amakuru
/ 1 month agoRwanda Premier League : Hahindutse byinshi ku mukino wa AS Kigali na Al Hilal Omdurman
Umukino wari utegerejwe cyane wagomba guhuza AS Kigali na Al Hilal Omdurman muri shampiyona y’u Rwanda, watunguranye ugirwa uwa gishuti mu...
-
Amakuru
/ 1 month agoShema Fabrice yahaye umukoro ukomeye ingimbi zihagarariye u Rwanda
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yahaye umukoro ukomeye ikipe y’Igihugu y’Ingimbi zitarengeje imyaka 17 mbere yo...
-
Featured
/ 1 month agoRubanguka yasezeye ruhago ku myaka 29
Rubanguka Steve, Yasezeye gukina umupira w’Amaguru ku myaka 29 y’Amavuko nyuma yo kumara imyaka 11, Akina nk’Umukinnyi wabigize umwuga. Rubanguka Steve...
-
Featured
/ 1 month agoAbasifuzi bazasifura umukino wa APR Fc na Rayon Sports bamenyekanye
Tariki ya 8 Ugushyingo 2025, Ikipe ya APR Fc izakira ikipe ya Rayon Sports muri Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda. Ni...
-
Amakuru
/ 1 month agoKarangwa wimye ubutabera APR FC mu kibuga yahagaritswe
Nyuma y’umukino waranzwe n’impaka ndende hagati ya APR FC na Rutsiro FC, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafashe icyemezo cyo...
-
Amakuru
/ 1 month agoUmutoza wa APR FC yasabye FERWAFA kwikubita agashyi
Umutoza wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongeye gusaba Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ko ryakwigira ku makosa y’imisifurire amaze kugaragara...
-
Amakuru
/ 1 month agoMinisitiri ya Siporo yaburiye abasohokera igihugu bagiye kwitabira gusa
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yatangaje ko u Rwanda rutazongera kohereza amakipe y’igihugu mu marushanwa mpuzamahanga adafite inyigo isobanutse y’icyo azegukana,...
-
Amakuru
/ 1 month agoNelly Mukazayire yahuye n’abakanyujijeho mu Amavubi
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yagiranye ibiganiro byihariye n’abahoze ari abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu Amavubi, barimo Jimmy Mulisa na Haruna Niyonzima, hagamijwe...
-
Amakuru
/ 1 month agoNyuma y’igihe kinini Hoteli ya FERWAFA yafunguwe
Nyuma y’imyaka 11 yose ibikorwa byo kubaka bitangiye ariko bitajya mu ngiro, kera kabaye Hoteli y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA)...
-
Imikino
/ 1 month agoShampiyona y’abagore: AS Kigali yatunguwe mu buryo bukomeye
Umunsi wa Gatandatu wa shampiyona y’abagore y’umupira w’amaguru mu Cyiciro cya Mbere wasize ikipe ya Macuba WFC itanze ubutumwa bukomeye, nyuma...


