-
Amakuru
/ 9 months agoMbappé yakomoje ku myitwarire itavugwaho rumwe ya Lamine Yamal
Kylian Mbappé yagaragaje ko abantu bakwiye kureba ibyo Lamine Yamal akora mu kibuga kurusha kujya kureba ibindi byo hanze y’ibuga nyuma...
-
Amakuru
/ 9 months agoShema Fabrice yitsije ku iterambere ry’abato nk’igisubizo ku Amavubi
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Bwana Shema Fabrice, yatangaje ko gutsindwa kw’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, bidakwiye gufatwa nk’iherezo,...
-
Amakuru
/ 9 months agoAmavubi yatsindiwe imbere ya Perezida n’ikibazo cya Ka-Boy : Ibyaranze icyumweru muri siporo
The Drum ,tubahaye ikaze muri gahunda yacu nshya y’amakuru yaranze icyumweru mu isi y’imikino haba mu Rwanda ,ku mugabane w’Afurika ndetse...
-
Amakuru
/ 9 months agoTwamenye ugomba kuyobora ‘Ijabo Ryawe Rwanda’ mu myaka itanu iri mbere
Ku wa Gatanu, tariki ya 11 Ukwakira 2025, muri Hilltop Hotel habereye Inteko Rusange idasanzwe y’Ihuriro ry’Amarerero yigisha abana gukina umupira...
-
Amakuru
/ 9 months agoIbigezweho kuri gahunda yo guhagarika Israel muri ruhago
Amajwi ari gusaba ko Israel ihagarikwa mu marushanwa ya ruhago yo ku mugabane w’u Burayi yongeye kuzamuka nyuma y’umunsi umwe amasezerano...
-
Amakuru
/ 9 months agoNyuma yo gusiba shampiyona y’isi;Mugisha Moïse yongeye gufatwa n’uburwayi
Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’Amagare, Mugisha Moïse, yongeye kujyanwa mu bitaro nyuma yo kugira isereri akitura hasi, nubwo hari hashize iminsi mike...
-
Amakuru
/ 9 months agoJulian Nagelsmann yifatiye ku gahanga abacyerensa urwego rwa Florian Writz
Nyuma y’ibyumweru bitari bike by’igitutu ku mukinnyi w’imyaka 22 w’Umudage, Florian Wirtz, umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Budage, Julian Nagelsmann, yavuze ko...
-
Amakuru
/ 9 months agoAMAFOTO – Rwanda Premier League yanonosoye iby’imitangire y’ibihembo by’abitwaye neza
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 10 Ukwakira 2025, ku cyicaro cya FERWAFA, habereye inama idasanzwe yahuje ubuyobozi bwa...
-
Amakuru
/ 9 months agoBruno Fernandez yavuze kubyo kwerekeza muri Saudi Arabia
Mu gihe inkuru zinyuranye zakomeje kuvugwa mu itangazamakuru mpuzamahanga zivuga ku buryo bushoboka ko Bruno Fernandes yajya gukinira amakipe yo muri...
-
Amakuru
/ 9 months agoMyugariro wa Liverpool yavuye mu ikipe y’igihugu cye igitaraganya !
Ibrahima Konate, myugariro w’ikipe ya Liverpool, yavuye mu ikipe y’igihugu y’u Bufaransa igitaraganya kubera imvune yo ku kibero cy’ukuguru kw’iburyo. Uyu...


