-
Amakuru
/ 8 months ago1000 Hills Derby: Rayon Sports yakiriye izindi mbaraga mbere yo guhura na mukeba
Rayon Sports yongeye guhumeka umwuka w’intsinzi mu mwiherero wayo mbere yo guhura na APR FC, mu mukino utegerejwe na benshi uzaba...
-
Amakuru
/ 8 months agoVision FC yategetswe kutarenza iminsi 90 mu kwishyura miliyoni 32 umutoza yirukanye
Nyuma y’igihe kitari gito mu manza , ikipe ya Vision FC yategetswe n’Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi [FIFA] kwishyura arenga gato...
-
Amakuru
/ 8 months agoRayon Sports mu ihurizo bigoye kwigobotora mbere yo guhura na mukeba
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yatangaje ko ikipe igiye guhura na APR FC ifite ikibazo kimwe gikomeye cyo kubura ba...
-
Amakuru
/ 8 months agoUmutoza wo muri Serbia yikubise hasi ubwo yarimo atoza ahita apfa
Umupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi uri mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rutunguranye rwa Mladen Zizović, wahoze ari myugariro w’ikipe y’igihugu...
-
Amakuru
/ 8 months agoMikel Arteta yakomoje ku bukana bw’imvune ya Viktor Gyokeres
Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko afite impungenge zikomeye kuri rutahizamu we w’Umunyasuwede Viktor Gyokeres, nyuma y’uko akomerekeye mu mukino...
-
Amakuru
/ 8 months agoAPR FC yongeye gutaka ugukorwa mu mufuka
Nyuma yo kunganya na Rutsiro FC igitego 1–1 mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, ubuyobozi bwa APR...
-
Amakuru
/ 8 months agoAbafana ba Rayon Sports bihanangirije abayobozi babo
Mu gihe ikipe ya Rayon Sports ikomeje kugaragaza umwuka mubi mu buyobozi bwayo, abakunzi n’abafana bayo bafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba...
-
Amakuru
/ 8 months agoIntsinzi ya Rayon Sports imbere ya Marines FC yaherekejwe n’inkuru mbi
Umwuka w’ibyishimo waranze abafana ba Rayon Sports bari mu karere ka Rubavu kuri iki Cyumweru tariki ya 2 Ugushyingo 2025, ubwo...
-
Amakuru
/ 8 months agoPremier League : Wolves yirukanye umutoza wayo wari utazi intsinzi
Ikipe ya Wolves yirukanye umutoza wayo Vitor Pereira nyuma y’uko ananiwe gutsinda umukino na umwe mu mikino 10 ya shampiyona y’uyu...
-
Amakuru
/ 8 months agoUmwuka ukomeje kuba muri Spurs nyuma yuko abakinnyi bayo bannyeze umutoza Thomas Frank!
Ikipe ya Tottenham Hotspur yongeye gutakaza amanota ku mukino wayihuje na Chelsea, warangiye itsinzwe igitego 1–0 kuri sitade yayo iherereye i...


