-
Amakuru
/ 7 months agoEnzo Maresca yavuze ku masaha mabi yagize muri Chelsea
Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko amasaha 48 yabanje umukino batsinze Everton ari yo mabi cyane yagize kuva yagera muri...
-
Amakuru
/ 7 months agoYimwenyurira Kirasa yanenze inzitwazo z’umutoza wa APR Fc
Umutoza wa Gorilla Fc, Kirasa Alain, Ubwo yaganiraga n’Itangazamakuru nyuma y’Umukino Gorilla Fc yanganyijemo na APR Fc ubusa ku busa,...
-
Amakuru
/ 7 months agoRPL : APR FC yaguye miswi na Gorilla FC
Kuri uyu wa Gatandatu saa cyenda z’amanywa, kuri Kigali Pelé Stadium, APR FC na Gorilla FC zanganyije ubusa ku busa mu...
-
Amakuru
/ 7 months agoDore ibyo Pep Guardiola atazakora ku mukino wa Crystal Palace kubera impamvu ze
Manchester City yatangaje ko umutoza wayo mukuru, Pep Guardiola, atazitabira ikiganiro n’abanyamakuru gitegura umukino w’ikirarane wa Premier League bazahuramo na Crystal...
-
Amakuru
/ 7 months agoUbuhinde : Uburakari bw’abafana ba Messi bwatumye bangiza sitade
Mu mujyi wa Kolkata mu Buhinde, ibintu byafashe indi ntera ubwo abafana ba Lionel Messi bagaragazaga uburakari bukabije nyuma yo gutenguhwa...
-
Amakuru
/ 7 months agoEnzo Maresca yavuze ku mvune ya Cole Palmer mbere yo guhura na Everton
Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko imvune ya Cole Palmer yo mu kibero ikomeje kumutungura, avuga ko idafite ibisobanuro bifatika...
-
Amakuru
/ 7 months agoMohamed Salah yasubiye mu bandi mbere yuko Liverpool ihura na Brighton
Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool, Mohamed Salah, yongeye gushyirwa mu bakinnyi bazifashishwa ku mukino wo ku wa Gatandatu uzahuza Liverpool na Brighton...
-
Amakuru
/ 7 months agoAmatike y’igikombe cy’Isi ari kwifuzwa nk’amasuka yo mu gihe cy’ihinga
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [Fifa], yatangaje ko imaze kwakira ubusabe burenga miliyoni eshanu bw’abashaka kugura amatike y’Igikombe cy’Isi cya 2026,...
-
Amakuru
/ 7 months agoFERWAFA na FIFA batangije gahunda yo gufasha ruhago y’abato
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ku mugaragaro ubufatanye bushya bwa imyaka ibiri na FIFA bugamije guteza imbere umupira w’abato....
-
Amakuru
/ 7 months agoInsider -Rayon Sports iri mu biganiro n’abarimo Kwizera Olivier
Rayon Sports iri mu myiteguro ikomeye yo kongerera imbaraga ikipe mbere y’uko isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rya Mutarama 2026 rizafungura ku...


