-
Amakuru
/ 4 months agoUbuhinde : Uburakari bw’abafana ba Messi bwatumye bangiza sitade
Mu mujyi wa Kolkata mu Buhinde, ibintu byafashe indi ntera ubwo abafana ba Lionel Messi bagaragazaga uburakari bukabije nyuma yo gutenguhwa...
-
Amakuru
/ 4 months agoEnzo Maresca yavuze ku mvune ya Cole Palmer mbere yo guhura na Everton
Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko imvune ya Cole Palmer yo mu kibero ikomeje kumutungura, avuga ko idafite ibisobanuro bifatika...
-
Amakuru
/ 4 months agoMohamed Salah yasubiye mu bandi mbere yuko Liverpool ihura na Brighton
Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool, Mohamed Salah, yongeye gushyirwa mu bakinnyi bazifashishwa ku mukino wo ku wa Gatandatu uzahuza Liverpool na Brighton...
-
Amakuru
/ 4 months agoAmatike y’igikombe cy’Isi ari kwifuzwa nk’amasuka yo mu gihe cy’ihinga
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [Fifa], yatangaje ko imaze kwakira ubusabe burenga miliyoni eshanu bw’abashaka kugura amatike y’Igikombe cy’Isi cya 2026,...
-
Amakuru
/ 4 months agoFERWAFA na FIFA batangije gahunda yo gufasha ruhago y’abato
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ku mugaragaro ubufatanye bushya bwa imyaka ibiri na FIFA bugamije guteza imbere umupira w’abato....
-
Amakuru
/ 4 months agoInsider -Rayon Sports iri mu biganiro n’abarimo Kwizera Olivier
Rayon Sports iri mu myiteguro ikomeye yo kongerera imbaraga ikipe mbere y’uko isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rya Mutarama 2026 rizafungura ku...
-
Amakuru
/ 4 months agoRutahizamu wa Al Hilal yatanze ubutumwa bukomeye ku makipe arwanira igikombe
Umukinnyi w’Umurundi ukinira Al Hilal yo muri Sudani, Girumugisha Jean Claude, yatangaje ko intego ye n’iy’ikipe ari ugukora ibishoboka byose bagatwara...
-
Amakuru
/ 4 months agoArne Slot yahishuye igihe cyo kuganira na Mohammed Salah
Umutoza wa Liverpool, Arne Slot, yatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu agomba kugirana ikiganiro cyihariye na Mohamed Salah...
-
Amakuru
/ 4 months agoKiyovu Sports mu rujijo ku myitwarire ya Cedrick Amissi
Kiyovu Sports iri mu bihe bitoroheye kubera umwuka utari mwiza uri hagati yayo n’umukinnyi wayo w’Umurundi, Cedrick Amissi, nyuma y’uruhuri rw’ibibazo...
-
Amakuru
/ 4 months agoRPL – Al Hilal SC yanyomoje ibyo Banamwana Camarade yari yahigiye
Al Hilal SC yongeye kugaragaza imbaraga n’ uburyo bw’imikinire bwihariye ubwo yatsindaga Bugesera FC ibitego 3–1, mu mukino w’Umunsi wa 10...


