-
Imikino
/ 7 months agoUCL : Liverpool ,PSG na Inter Milan zakoze ibyo zasabwaga – Raporo yose
Irushanwa rikomeye ku mugabane w’u Burayi, UEFA Champions League, ry’umwaka w’imikino wa 2025/26 ryakomereje ku muvuduko uri hejuru. Amakipe akomeye nka...
-
Imikino
/ 7 months agoUCL : Harry Kane yafashije Bayern Munich kunyagira Chelsea
Mu mukino w’ishiraniro wabereye kuri Allianz Arena, rutahizamu w’umwongereza Harry Kane yongeye kwerekana ko atajya apfusha ubusa amahirwe abonye, atsinda ibitego...
-
Imikino
/ 7 months agoNdikumana Asuman agiye guhangana na Byiringiro Lague – Twinjira mu byitezwe ku munsi wa Kabiri wa Rwanda Premier League
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda y’umwaka wa 2025/2026 igiye gukomeza hakinwa umunsi wa kabiri, aho amakipe akomeye arimo APR FC,...
-
Imikino
/ 7 months agoBarcelona igiye kwa Newcastle United idafite Lamine Yamal
Lamine Yamal, ntari ku rutonde rw’abagomba gukina umukino wa Champions League, FC Barcelona igiye kwakirwamo na Newcastle United kuri uyu...
-
Imikino
/ 7 months agoFIFA yashyize igorora amakipe azatanga abakinnyi bazakina igikombe cy’isi cy’ibihugu
Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi [FIFA] ryamaze gutangaza ko rigiye kugenera miliyoni 355 z’amadolari y’Amerika amakipe azatanga abakinnyi mu mikino y’Igikombe...
-
Imikino
/ 7 months agoIbitego umunani mu mukino umwe – UEFA Champions League yagarutse !
Ku mugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 16 Nzeri 2025 nibwo hakinwaga imwe mu mikino y’umunsi wa mbere wa UEFA...
-
Amakuru
/ 7 months agoEmery Bayisenge yasubukuye imyitozo muri rayon Sports
Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi na Rayon Sports , Emery Bayisenge yasubukuye imyitozo muri Rayon Sports nyuma yo kumara iminsi adakora imyitozo...
-
Imikino
/ 7 months agoRayon Sports yatsindiwe ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA
Mu mukino wabereye muri Kenya ku wa Kabiri, tariki ya 16 Nzeri 2025, ikipe ya JKT Queens yo muri Tanzania yatsinze...
-
Imikino
/ 7 months agoHatangajwe impinduka ku masaha y’umukino wa Rayon Sports na Singida Big Stars
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje impinduka mu masaha umukino ubanza wayo w’ijonjora ry’ibanze muri CAF Confederation Cup ugomba kuyihuza na Singida...
-
Imikino
/ 7 months agoAPR FC yasabye impinduka mu mukino wagombaga kuyihuza na Gicumbi FC
Ikipe ya APR FC yandikiye ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ndetse n’ubwa shampiyona y’u Rwanda [Rwanda Premier League] isaba...


