All posts tagged "Ferwafa"
-
Amakuru
/ 1 month agoRPL : Nubwo badasiba guhanwa ;burya abasifuzi nta n’urupfumuye bari babona
Abasifuzi basifura imikino ya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda [Rwanda Premier League] bakomeje kugaragaza agahinda baterwa no kudahabwa insimburamubyizi zabo,...
-
Amakuru
/ 1 month agoINSIDER – Twamenye ushobora kuba umunyamabanga wa FERWAFA
Amakuru yizewe agera kuri The DRUM aremeza ko Bonnie Mugabe, usanzwe ari Umukozi Ushinzwe Umutekano ku bibuga mu Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umupira...
-
Amakuru
/ 1 month agoHatangajwe urutonde rw’ingimbi zigomba guhagarira u Rwanda muri CECAFA
Umutoza w’ikipe y’Igihugu y’Abatarengeje imyaka 17, Sosthene Lumumba, yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 23 bazahagararira u Rwanda mu mikino y’akarere ya CECAFA...
-
Amakuru
/ 1 month agoEXCLUSIVE – Al Hilal Omdurman yo muri Sudani yageze mu Rwanda
Ikipe ya Al Hilal Omdurman yo muri Sudani yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 31...
-
Amakuru
/ 1 month agoAPR FC yajuriye ku cyemezo cya Ferwafa, isaba ubutabera
Nyuma y’imyanzuro yashyizwe ahagaragara na Komisiyo ishinzwe Imisifurire muri FERWAFA ku mikino yo ku munsi wa 5 wa Rwanda Premier League,...
-
Amakuru
/ 1 month agoUkuri ku mukino wa gicuti uvugwa hagati y’Amavubi na Senegal
Hari amakuru yizewe avuga ko ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, ishobora gukina umukino wa gicuti n’ikipe y’igihugu ya Senegal mu kwezi...
-
Amakuru
/ 1 month agoAl Ahli Madani yo muri Sudan yasubitse ibyo gukina Rwanda Premier League
Ikipe ya Al Ahli Madani yo muri Sudani yatangaje ko itazakina Shampiyona y’u Rwanda y’uyu mwaka w’imikino nkuko byari byitezwe, ahubwo...
-
Amakuru
/ 1 month agoLATEST – Amakuru yose avugwa muri APR FC yitegura gucakirana na Rutsiro
Nubwo ikipe ya APR FC iri kwitegura umukino izahuramo na Rutsiro ku wa Gatandatu tariki ya 1 Ugushyingo , ariko ntizaba...
-
Amakuru
/ 1 month agoRPL: Abasifuye umukino wa Bugesera FC na AS Muhanga nabo bahanwe
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse by’agateganyo abasifuzi babiri bo mu Cyiciro cya Mbere kubera amakosa akomeye bakoze ku mukino...
-
Amakuru
/ 1 month agoNyir’Uruganda rutanga ibihembo by’Umukinnyi w’Umikino yatawe muri yombi
Nyir’Uruganda rwa ‘Roots Investment Group’, Rukora inzoga yitwa ‘Be One Gin’, Habamugisha Jean Paul yatawe muri yombi nk’uko umuvugizi wa RIB...


