-
Imikino
/ 2 months agoFIFA W.C 2026 Q : Amakipe arimo Benin yateye intambwe iyaganisha ku kubona itike
Mu gihe hasozwaga umunsi wa 9 w’amatsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026 ku mugabane wa Afurika, amakipe nka Senegal,...
-
Amakuru
/ 2 months agoArsenal yahaniwe amakosa yakoreye ku mukino wa Manchester United
Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yahanishijwe ihazabu ingana na £500,000 nyuma yo guhamwa n’ikosa ryo kutubahiriza amabwiriza y’irushanwa rya FA...
-
Amakuru
/ 2 months agoAnthony Taylor yasabye abafana kudafata umusifuzi nk’utagomba kwibeshya
Umusifuzi w’imyaka 46 muri Premier League, Anthony Taylor yongeye kuvuga ku kibazo kimaze gufata indi ntera:kirimo ihohoterwa n’agasuzuguro abasifuzi bahura nako,...
-
Amakuru
/ 2 months agoAmikoro yatumye Nyagatare FC isezera mu cyiciro cya kabiri
Mu ibaruwa ifunguye yandikiwe Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ku itariki ya 9 Ukwakira 2025, ikipe y’abagabo ya Nyagatare...
-
Amakuru
/ 2 months agoAPR FC yafatiye ibihano bikomeye Mamadou Sy na Dauda Yussif
Nyuma y’urugendo rutari rworoshye i Cairo mu Misiri, aho APR FC yaherukaga gukina n’ikipe ya Pyramids FC mu mukino wo kwishyura...
-
Amakuru
/ 2 months agoAMASHUSHO _ Eric Nshimiyimana yahamije ko Amavubi yiteguye
Umutoza wungirije w’ikipe y’igihugu Amavubi ,Eric Nshimiyimana yatangaje ko biteguye gukora ibishoboka byose ngo ikipe yitware neza ku mukino bafitanye na...
-
Amakuru
/ 2 months agoAdel Amrouche yacyeje Mangwende mu buryo budasanzwe !
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Adel Amrouche, yatangaje amagambo akomeye ashimangira urwego rutangaje rw’umukinnyi Imanishimwe Emmanuel Mangwende, avuga ko nubwo yaba afite...
-
Amakuru
/ 2 months agoImvune ya Cole Palmer ikomeje kuba mbi cyane
Umukinnyi w’ikipe ya Chelsea, Cole Palmer, ari gukomeza kugorwa n’imvune yo mu rukenyerero (groin) yagize, bikaba biteganyijwe ko azamara ibindi byumweru...
-
Amakuru
/ 2 months agoUmukinnyi wa Togo ntazongera kunyeganyega – Byagenze bite ?
Samuel Asamoah, umukinnyi wo hagati mu ikipe y’igihugu ya Togo ndetse n’ikipe ya Guangxi Pingguo yo mu cyiciro cya kabiri mu...
-
Amakuru
/ 2 months agoUmweyo muri Murera – Lotfi mu muryango usohoka, ayo kumwishyura n’ikibazo ndetse n’umusimbura we!
Rayon Sports iri mu biganiro byo gutandukana n’umutoza wayo mukuru, Afhamia Lotfi, nyuma y’umusaruro udahagije ikipe ikomeje kugaragaza. Ibi byaje nyuma...


