-
Imikino
/ 1 month agoRPL : Girumugisha mu byatumye Rutsiro FC ihagarika Al Hilal SC
Ikipe ya Al Hilal SC yahagaritswe mu rugendo rwo kudatsinzwa muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, nyuma yo gutsindwa na...
-
Imikino
/ 1 month agoBK ARENA Volleyball Cup : Amakipe ya APR yageze ku mukino wa nyuma
Amakipe ya APR na Police mu cyiciro cy’abagore, ndetse na Gisagara na APR mu cyiciro cy’abagabo, yageze ku mikino ya nyuma...
-
Imikino
/ 1 month agoHandball : Police yanyagiye APR ihita ifata umwanya wa mbere
Ikipe ya Police Handball Club yasoje imikino ibanza ya Shampiyona ya Handball iyoboye urutonde, nyuma yo gutsinda mukeba wayo APR HC...
-
Imikino
/ 1 month agoRPL :Police FC yakomeje kuyobora urutonde nyuma yo gutsinda Gasogi FC
Police FC yakomeje kuyobora Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo gutsinda Gasogi United FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 10 wabereye...
-
Amakuru
/ 1 month agoInzibacyuho muri Rayon Sports yatangiranye intsinzi imbere ya Musanze FC
Mu mukino wari utegerejwe na benshi kandi wuzuye ishyaka ry’impande zombi, Rayon Sports yatsinze Musanze FC ibitego 2-0, kuri uyu wa...
-
Imikino
/ 2 months agoAl Hilal yahaye isomo Gasogi ya KNC, Babona amanota 3 ya mbere
Gasogi United yari yakiriye ikipe ya Al Hilal yo muri Sudan, Muri Shampiyona y’U Rwanda, Umukino waberaga kuri Pele Stadium, Urangira...
-
Imikino
/ 2 months agoBasketball : U Rwanda rwatashye rwumva amanota atatu mu matanganzo!
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagabo muri Basketball yongeye kugorwa n’urugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2027, isoza icyiciro cya mbere...
-
Imikino
/ 2 months agoPremier League : Arsenal yanganyije na Chelsea y’abakinnyi 10
Mu mukino wari witezwe na benshi kuri iki cyumweru, Arsenal yanganyije na Chelsea yari ifite abakinnyi 10, nubwo yakomeje kuguma ku...
-
Imikino
/ 2 months agoPremier League : Joshua Zirkzee afashije Manchester United kwitwara neza
Manchester United yongeye kwikamata mu mukino wari ukomeye wabereye kuri Selhurst Park, itsinda Crystal Palace ibitego 2–1 nyuma yo kuba yari...
-
Imikino
/ 2 months agoFERWAFA yahaye ikaze Bonnie Mugabe uherutse guhabwamo inshingano
Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], iyobowe na Perezida Shema Fabrice, yakiriye ku mugaragaro Bonnie Mugabe uherutse kugirwa Umunyamabanga...


