-
Amakuru
/ 4 months agoHatangajwe ugomba gusimbura uwari Kit-manager w’Amavubi uri mu maboko y’ubutabera
Nyuma y’uko Tuyisenge Eric uzwi cyane ku izina rya Cantona ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha [RIB] ku byaha byo kunyereza umutungo na...
-
Amakuru
/ 4 months agoCCL- Pyramids yitegura gucakirana na APR FC yakoreye imyitozo i Kigali
Ikipe ya Pyramids FC yo Misiri, imaze imaze umunsi isesekaye i Kigali yakoze imyitoza yayo ya mbere ,aho yitegura gukina n’ikipe...
-
Amakuru
/ 4 months agoAPR FC yitegura guhura na Pyramids yahagaritse umuyobozi wayo
Ubuyobozi bwa APR FC bwafashe icyemezo cyo guhagarika Lt Col (Rtd) Alphonse Muyango, wari umunyamabanga w’agateganyo ndetse anashinzwe ibikoresho (logistics) muri...
-
Amakuru
/ 4 months agoDominic Solanke wa Tottenham yamaze kubagwa
Rutahizamu w’ikipe ya Tottenham Hotspur, Dominic Solanke, yamaze kubagwa nyuma yo kugira ikibazo cy’akabombari ku kuguru kw’iburyo. Uyu mukinnyi w’imyaka 28...
-
Amakuru
/ 4 months agoAMAFOTO -Visit Rwanda yatangaje ubufatanye bushya n’Amakipe yo muri Amerika
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ku mugaragaro ko “Visit Rwanda”, ikirango cy’u Rwanda gishinzwe kumenyekanisha ubukerarugendo, cyagiranye amasezerano y’ubufatanye n’amakipe abiri...
-
Amakuru
/ 4 months agoShema Fabrice yahuye n’abakinnyi b’abanyarwanda bakina hanze
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], Bwana Shema Fabrice, yatangiye urugendo rukomeye mu gushaka kongerera Amavubi imbaraga binyuze mu gushishikariza...
-
Amakuru
/ 4 months agoCamarade wa FERWAFA yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rw’ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Kalisa Adolphe, uzwi cyane ku izina rya “Camarade” wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru...
-
Amakuru
/ 4 months agoAbafana ba Rayon Sports bafatiriwe muri Tanzania bacibwa n’amande
Bamwe mu bakunzi b’ikipe ya Rayon Sports bari baherekeje iyi kipe yabo muri Tanzania, Mu mukino wabahuje na Singida Black Stars...
-
Amakuru
/ 4 months agoPerezida Kagame yakiriye umuteramakofe ufite ibiro birenga 100, Byinshi wamenya kuri we
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye mu biro bye ikirangirire mu mukino w’iteramakofe ku Isi, Carlos Takam ukomoka muri...
-
Amakuru
/ 4 months agoAMAFOTO: Pyramids, Rayon Sports, She Amavubi U20 baraye i Kigali
Amakipe atatu atandukanye harimo Pyramids Fc na Rayon Sports na Abangavu b’u Rwanda batarengeje imyaka 20, Bageze mu Rwanda bose amahoro....


