-
Amakuru
/ 2 months agoImvune ya Cole Palmer ikomeje kuba mbi cyane
Umukinnyi w’ikipe ya Chelsea, Cole Palmer, ari gukomeza kugorwa n’imvune yo mu rukenyerero (groin) yagize, bikaba biteganyijwe ko azamara ibindi byumweru...
-
Amakuru
/ 2 months agoUmukinnyi wa Togo ntazongera kunyeganyega – Byagenze bite ?
Samuel Asamoah, umukinnyi wo hagati mu ikipe y’igihugu ya Togo ndetse n’ikipe ya Guangxi Pingguo yo mu cyiciro cya kabiri mu...
-
Amakuru
/ 2 months agoUmweyo muri Murera – Lotfi mu muryango usohoka, ayo kumwishyura n’ikibazo ndetse n’umusimbura we!
Rayon Sports iri mu biganiro byo gutandukana n’umutoza wayo mukuru, Afhamia Lotfi, nyuma y’umusaruro udahagije ikipe ikomeje kugaragaza. Ibi byaje nyuma...
-
Amakuru
/ 2 months agoINSIDER – APR FC yashyizeho umunyambanga mushya
Nyuma y’igihe ikipe ya APR FC itandukanye n’uwari umunyamabanga wayo, Rtd Lt Col Alphonse Muyango, amakuru mashya yizewe aremeza ko hashyizweho...
-
Amakuru
/ 2 months agoMugomba gutsinda Benin kubw’isura y’igihugu – Perezida Shema Fabrice
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA ] Shema Ngoga Fabrice yasabye abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi kwitara neza ku mukino ibiri...
-
Amakuru
/ 2 months agoAdrien Rabiot wa AC Milan ari kurebana ay’ingwe na Serie A – Byagenze bite?
Mu gihe ubuyobozi bwa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Butaliyani [Serie A] buteganya gukinira imikino imwe hanze y’u Butaliyani, Adrien Rabiot,...
-
Amakuru
/ 2 months agoAMAFOTO – Police FC yatangije gahunda yo kuzamura abato
Kuri Stade ya Kigali Pelé habereye igikorwa cyari kigamije gutoranya abana bazubakirwaho ikipe y’abato ya Police FC, nk’uko gahunda nshya y’iyi...
-
Amakuru
/ 2 months agoAbanyarwanda barimo Shema Fabrice bahawe inshingano nshya muri FIFA
Ku munsi wejo hatanzwe inshingano nshya ku banyamuryango batandukanye baturuka ku mugabane wa Afurika, bazakorana na FIFA mu nzego zitandukanye. Inkuru...
-
Amakuru
/ 2 months agoArsenal ishobora kwimukira kuri sitade ya Wembley – Dore impamvu!
Arsenal FC, yatangiye ibiganiro by’imbere mu ikipe bigamije kureba uburyo yakwagura Stade yayo ya Emirates kugira ngo yongere imyanya y’abafana. Ibi...
-
Amakuru
/ 2 months agoRutahizamu wa Marines FC yasimbujwe Joy-Lance Mickels mu Amavubi
Ku wa Kabiri, tariki ya 7 Ukwakira 2025, ikipe ya Marines FC yatangaje ko rutahizamu wayo, Mbonyumwami Taiba, yahamagawe mu ikipe...


