-
Amakuru
/ 1 month agoLomami Marcel yashidikanyije ku munya –Misiri uri kugeragezwa
Mu gihe Rayon Sports ikomeje kugerageza abakinnyi bashya mu myitozo ikorera mu Nzove, hari umwe wakuruye amaso ya benshi ku mbuga...
-
Amakuru
/ 1 month agoUmunyarwanda yazamuwe mu ikipe nkuru ya CF Montréal
Umukinnyi w’umupira w’amaguru ufite inkomoko mu Rwanda akaba atuye muri Canada, Josh-Duc Nteziryayo, yamaze kuzamurwa mu ikipe nkuru ya CF Montréal...
-
Amakuru
/ 1 month agoSimba SC ikomeje kuba mu rungabangabo rwo gushakisha umutoza mushya
Mu rugendo rwo gushaka umutoza mushya, ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania yakomeje ibiganiro n’abatoza batandukanye, ariko bigaragara ko inzira...
-
Amakuru
/ 1 month agoUko u Rwanda rwagize uruhare mu matora ya FIFA The Best 2025
Mu bihembo bya FIFA The Best 2025 byatangiwe i Doha ku wa Kabiri tariki ya 16 Ukuboza 2025, Abanyarwanda bagize uruhare...
-
Amakuru
/ 1 month agoFIFA yakubise ishoka ibiciro by’amatike y’igikombe cy’Isi cya 2026
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, ryatangaje ko ryashyizeho amatike mashya ahendutse angana na $60 (ni ukuvuga £45) ku mikino yose...
-
Amakuru
/ 1 month agoOusmane Dembélé yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’umwaka wa FIFA
Mu muhango wabereye i Doha muri Qatar, rutahizamu wa Paris Saint-Germain n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, Ousmane Dembélé, yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’umwaka...
-
Amakuru
/ 1 month agoVan de Ven yatunguwe nuko Tottenham Hotspur yirukanye Ange Postecoglou
Myugariro wa Tottenham Hotspur, Micky van de Ven, yatangaje ko atigeze na gato ateganya ko ikipe ye yari kwirukana uwari umutoza...
-
Amakuru
/ 1 month agoPSG yategetswe kwishyura Kylian Mbappé miliyoni 60
Urukiko rwo mu Bufaransa rushinzwe imanza z’umurimo rwategetse Paris Saint-Germain (PSG) kwishyura uwahoze ari rutahizamu wayo, Kylian Mbappé, amafaranga angana na...
-
Amakuru
/ 1 month agoItoroshi muri Rayon sports : Imvune ,umutoza mukuru ndetse na rutahizamu mushya
Mu gihe Rayon Sports yari yatangiye kongera kubona akanyamuneza nyuma yo gusubirana bamwe mu bakinnyi bayo bari bamaze igihe mu mvune,...
-
Amakuru
/ 1 month agoFERWAFA yashyizeho abagomba kuyifasha mu bukemurampaka
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyizeho Urwego rw’Ubukemurampaka Rwigenga rugamije gukemura imanza n’amakimbirane ajyanye n’umupira w’amaguru mu buryo bwigenga kandi...


