Andi Makuru
-
Amakuru
/ 6 months agoKiyovu Sports mu rujijo ku myitwarire ya Cedrick Amissi
Kiyovu Sports iri mu bihe bitoroheye kubera umwuka utari mwiza uri hagati yayo n’umukinnyi wayo w’Umurundi, Cedrick Amissi, nyuma y’uruhuri rw’ibibazo...
-
Amakuru
/ 6 months agoRPL – Al Hilal SC yanyomoje ibyo Banamwana Camarade yari yahigiye
Al Hilal SC yongeye kugaragaza imbaraga n’ uburyo bw’imikinire bwihariye ubwo yatsindaga Bugesera FC ibitego 3–1, mu mukino w’Umunsi wa 10...
-
Amakuru
/ 6 months agoShe –Amavubi yaciye agahigo kabi mu mateka yayo
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore [She-Amavubi]yasubiye inyuma ku rutonde rushya rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), igera ku mwanya wa 169,...
-
Amakuru
/ 6 months agoTour du Rwanda yatangaje ibirimo amahirwe adasanzwe ku rubyiruko
Umuyobozi mushya wa Tour du Rwanda, Hubert Nkurayija, yatangaje gahunda nshya ziteganyijwe kuvugurura isura y’irushanwa rinini rya siporo mu gihugu, mu...
-
Amakuru
/ 6 months agoRPL – Amakipe yo muri Sudani yemerewe kwitabaza urubuga rwa Facebook
Amakipe yo muri Sudani akina Shampiyona y’u Rwanda yatangaje umwanzuro mushya wo gutambutsa amashusho y’imikino yayo kuri Facebook kugirango arusheho kwegera...
-
Amakuru
/ 6 months agoOFFICIAL – ikipe yakinnyemo Nairo Quintana izagaragara muri Tour du Rwanda 2026
Ikipe ikomeye mu mukino wo gusiganwa ku magare ku rwego rw’Isi, Movistar Team yo muri Espagne, yatangaje ko izitabira Tour du...
-
Amakuru
/ 6 months agoRPL : Camarade Banamwana yiteguye gutungura Al Hilal
Umutoza mukuru wa Bugesera FC, Camarade Banamwana, yatangaje ko yizeye ko ikipe ye ishobora kongera kwitwara neza nk’uko yabikoze itsinda Al...
-
Amakuru
/ 6 months agoRPL : Darko Novic na Al-Merrikh bongeye gutangira ubutumwa kuri Marines FC
Ikipe ya Al-Merrikh yo muri Sudani ikomeje kwitwara neza muri Shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo kubona intsinzi ya kane yayo itsinze...
-
Amakuru
/ 6 months agoAmakipe yo muri Saudi Pro League arifuza gusinyisha Mohammed Salah
Mu gihe icyuho hagati ya Mohamed Salah na Liverpool gikomeje kwiyongera, amakipe yo muri Saudi Pro League yatangaje ko yiteguye kumwakira,...
-
Amakuru
/ 6 months agoXabi Alonso yahakanye iby’igitutu kimuriho nyuma yo gutsindwa na Man City
Real Madrid yongeye kwisanga mu rungabangabo nyuma yo gutsindirwa i Bernabeu na Manchester City ibitego 2-1 mu mukino wa Champions League...


