Latest News
-
Amakuru
/ 7 months agoEXCLUSIVE – Real Madrid yafashe umwanzuro wo gutandukana na Vinícius
Ibitangazamakuru byo muri Espagne biratangaza ko ikipe ya Real Madrid yafashe umwanzuro ukomeye wo gutandukana na rutahizamu wayo Vinícius Junior bitarenze...
-
Amakuru
/ 7 months agoMinisitiri ya Siporo yaburiye abasohokera igihugu bagiye kwitabira gusa
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yatangaje ko u Rwanda rutazongera kohereza amakipe y’igihugu mu marushanwa mpuzamahanga adafite inyigo isobanutse y’icyo azegukana,...
-
Amakuru
/ 7 months agoNelly Mukazayire yahuye n’abakanyujijeho mu Amavubi
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yagiranye ibiganiro byihariye n’abahoze ari abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu Amavubi, barimo Jimmy Mulisa na Haruna Niyonzima, hagamijwe...
-
Amakuru
/ 7 months agoINSIDER – Bugesera FC yigaramye ibyo gukina na Al Hilal Omdurman
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) yongeye kuzamo impaka ndende nyuma y’uko Bugesera FC yanze gukina umukino wayo...
-
Amakuru
/ 7 months agoNyuma y’igihe kinini Hoteli ya FERWAFA yafunguwe
Nyuma y’imyaka 11 yose ibikorwa byo kubaka bitangiye ariko bitajya mu ngiro, kera kabaye Hoteli y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA)...
-
Amakuru
/ 7 months agoDore ubutumwa bw’amagambo atatu Arne Slot yabwiye Alexander-Arnold
Umutoza wa Liverpool, Arne Slot, yagaragarije urukundo rudasanzwe Trent Alexander-Arnold nyuma y’uko uyu mukinnyi wahoze muri Liverpool yakirijwe amahane n’urwango rwinshi...
-
Amakuru
/ 7 months agoUCL – Max Dowman wa Arsenal yanditse amateka adasanzwe
Umukinnyi ukiri muto wa Arsenal, Max Dowman, yanditse amateka mashya muri ruhago y’u Burayi ubwo yabaga umukinnyi wa mbere ufite imyaka...
-
Amakuru
/ 7 months agoEthiopia : Rutahizamu w’Amavubi akomeje gufasha ikipe ye kwitwara neza
Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina asatira anyura ku mpande, Sibomana Patrick uzwi cyane nka Papy, ari kubyitwaramo neza muri Shampiyona y’Icyiciro cya mbere...
-
Amakuru
/ 7 months ago1000 Hills Derby: Rayon Sports yakiriye izindi mbaraga mbere yo guhura na mukeba
Rayon Sports yongeye guhumeka umwuka w’intsinzi mu mwiherero wayo mbere yo guhura na APR FC, mu mukino utegerejwe na benshi uzaba...
-
Ibindi
/ 7 months agoIbikubo byo ku mukino wose ndetse n’ibitego nibyo byahesheje umunyahirwe akayabo ka 1,531,607rwf
Mu gihe abenshi bagerageza amahirwe yabo mu mikino y’amahirwe ariko ntibabigereho, hari umukiliya umwe wagaragaje ubuhanga budasanzwe, yegukana akayabo k’asaga 1,531,607...


