Latest News
-
Amakuru
/ 7 months agoIntare FC yitandukanije n’abatekamutwe bayiyitiriye bagucucura ababyeyi
Ubuyobozi bw’Irerero ry’ikipe y’abato ya Intare FC bwatangaje ko bwitandukanyije n’umugabo witwa Nibishimirwe Patrick, ukurikiranyweho kwambura abaturage bo mu Karere ka...
-
Amakuru
/ 7 months agoMaroc yatsinze ibitego 17-0 mu gikombe cy’Isi
Ku Cyumweru, tariki ya 9 Ugushyingo 2025, ikipe y’igihugu ya Maroc y’abatarengeje imyaka 17 yanditse amateka akomeye mu mupira w’amaguru, itsinda...
-
Imikino
/ 7 months agoRuhago y’abagore : Incamake y’umunsi wa kane wa shampiyona
Imikino y’umunsi wa kane wa Shampiyona y’Abagore y’Icyiciro cya Mbere yasize amakipe atandukanye yerekanye urwego ruri hejuru ndetse andi agaragaza ko...
-
Amakuru
/ 7 months agoShema Fabrice yahaye umukoro ukomeye ingimbi zihagarariye u Rwanda
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yahaye umukoro ukomeye ikipe y’Igihugu y’Ingimbi zitarengeje imyaka 17 mbere yo...
-
Imikino
/ 7 months agoRobert Lewandowski yafashije Barcelona kwegera Real Madrid
Robert Lewandowski yongeye kwerekana ubuhanga bwe mu gutsinda ibitego, ubwo yafashaga FC Barcelona kubona amanota atatu akomeye itsinze Celta Vigo ibitego...
-
Imikino
/ 7 months agoManchester City yizihirije ibirori bya Pep Guardiola kuri Liverpool
Pep Guardiola yizihije neza umukino we w’igihumbi nk’umutoza mu buryo budasanzwe, ubwo Manchester City yanyagiraga Liverpool ibitego 3-0 kuri sitade ya...
-
Amakuru
/ 7 months agoUmunyabigwi wa Brazil wabaswe n’ubusambanyi yatandukanye n’umunyeshuri bakundanaga
Uwahoze ari Rutahizamu rurangiranwa mu mupira w’amaguru w’Umunya-Brazil, Romário de Souza Faria, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutandukana n’umukunzi we mushya,...
-
Amakuru
/ 7 months agoUwakiniye Rayon Sports yabasabye kudakinisha umupira umunwa
Mu mukino wari utegerejwe na benshi w’Umunsi wa Karindwi wa Shampiyona y’u Rwanda, APR FC yatsindiye Rayon Sports ibitego 3-0 kuri...
-
Featured
/ 7 months agoRubanguka yasezeye ruhago ku myaka 29
Rubanguka Steve, Yasezeye gukina umupira w’Amaguru ku myaka 29 y’Amavuko nyuma yo kumara imyaka 11, Akina nk’Umukinnyi wabigize umwuga. Rubanguka Steve...
-
Amakuru
/ 7 months agoKomite y’Igihugu y’Imikino y’Abafite Ubumuga yabonye umuyobozi
Ku wa Gatandatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2025, Bizimana Dominique yongeye gutorerwa kuyobora Komite y’Igihugu y’Imikino y’Abafite Ubumuga mu Rwanda (NPC...


