-
Amakuru
/ 3 weeks agoAmateka , imikino iheruka kubahuza n’ubunararibonye bivuga iki kuri APR FC imbere ya Pyramids
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Ukwakira 2025, ikipe ya APR FC ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya CAF Champions...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoAC Milan na Inter Milan zigiye kugura sitade ya San Siro
Amakipe abiri akomeye yo mu mujyi wa Milan mu Butaliyani, AC Milan na Inter Milan, yatangaje ko yishimiye intambwe ikomeye yatewe...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoImana ijye idufasha duhore dutombora za Pyramids na Al Ahly- Niyomugabo Claude
Kapiteni wa APR FC, Niyomugabo Claude, yavuze ko nta bwoba bafitiye Pyramids FC, ahubwo ko bifuza ko Imana yazajya ihora ibafasha...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoHatangajwe ugomba gusimbura uwari Kit-manager w’Amavubi uri mu maboko y’ubutabera
Nyuma y’uko Tuyisenge Eric uzwi cyane ku izina rya Cantona ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha [RIB] ku byaha byo kunyereza umutungo na...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoCCL- Pyramids yitegura gucakirana na APR FC yakoreye imyitozo i Kigali
Ikipe ya Pyramids FC yo Misiri, imaze imaze umunsi isesekaye i Kigali yakoze imyitoza yayo ya mbere ,aho yitegura gukina n’ikipe...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoAPR FC yitegura guhura na Pyramids yahagaritse umuyobozi wayo
Ubuyobozi bwa APR FC bwafashe icyemezo cyo guhagarika Lt Col (Rtd) Alphonse Muyango, wari umunyamabanga w’agateganyo ndetse anashinzwe ibikoresho (logistics) muri...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoDominic Solanke wa Tottenham yamaze kubagwa
Rutahizamu w’ikipe ya Tottenham Hotspur, Dominic Solanke, yamaze kubagwa nyuma yo kugira ikibazo cy’akabombari ku kuguru kw’iburyo. Uyu mukinnyi w’imyaka 28...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoAMAFOTO -Visit Rwanda yatangaje ubufatanye bushya n’Amakipe yo muri Amerika
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ku mugaragaro ko “Visit Rwanda”, ikirango cy’u Rwanda gishinzwe kumenyekanisha ubukerarugendo, cyagiranye amasezerano y’ubufatanye n’amakipe abiri...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoShema Fabrice yahuye n’abakinnyi b’abanyarwanda bakina hanze
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], Bwana Shema Fabrice, yatangiye urugendo rukomeye mu gushaka kongerera Amavubi imbaraga binyuze mu gushishikariza...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoCamarade wa FERWAFA yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rw’ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Kalisa Adolphe, uzwi cyane ku izina rya “Camarade” wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru...