-
Amakuru
/ 3 months agoINSIDER – Bugesera FC yigaramye ibyo gukina na Al Hilal Omdurman
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) yongeye kuzamo impaka ndende nyuma y’uko Bugesera FC yanze gukina umukino wayo...
-
Amakuru
/ 3 months agoNyuma y’igihe kinini Hoteli ya FERWAFA yafunguwe
Nyuma y’imyaka 11 yose ibikorwa byo kubaka bitangiye ariko bitajya mu ngiro, kera kabaye Hoteli y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA)...
-
Amakuru
/ 3 months agoDore ubutumwa bw’amagambo atatu Arne Slot yabwiye Alexander-Arnold
Umutoza wa Liverpool, Arne Slot, yagaragarije urukundo rudasanzwe Trent Alexander-Arnold nyuma y’uko uyu mukinnyi wahoze muri Liverpool yakirijwe amahane n’urwango rwinshi...
-
Amakuru
/ 3 months agoUCL – Max Dowman wa Arsenal yanditse amateka adasanzwe
Umukinnyi ukiri muto wa Arsenal, Max Dowman, yanditse amateka mashya muri ruhago y’u Burayi ubwo yabaga umukinnyi wa mbere ufite imyaka...
-
Amakuru
/ 3 months agoEthiopia : Rutahizamu w’Amavubi akomeje gufasha ikipe ye kwitwara neza
Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina asatira anyura ku mpande, Sibomana Patrick uzwi cyane nka Papy, ari kubyitwaramo neza muri Shampiyona y’Icyiciro cya mbere...
-
Amakuru
/ 3 months ago1000 Hills Derby: Rayon Sports yakiriye izindi mbaraga mbere yo guhura na mukeba
Rayon Sports yongeye guhumeka umwuka w’intsinzi mu mwiherero wayo mbere yo guhura na APR FC, mu mukino utegerejwe na benshi uzaba...
-
Amakuru
/ 3 months agoVision FC yategetswe kutarenza iminsi 90 mu kwishyura miliyoni 32 umutoza yirukanye
Nyuma y’igihe kitari gito mu manza , ikipe ya Vision FC yategetswe n’Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi [FIFA] kwishyura arenga gato...
-
Amakuru
/ 3 months agoRayon Sports mu ihurizo bigoye kwigobotora mbere yo guhura na mukeba
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yatangaje ko ikipe igiye guhura na APR FC ifite ikibazo kimwe gikomeye cyo kubura ba...
-
Amakuru
/ 3 months agoUmutoza wo muri Serbia yikubise hasi ubwo yarimo atoza ahita apfa
Umupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi uri mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rutunguranye rwa Mladen Zizović, wahoze ari myugariro w’ikipe y’igihugu...
-
Amakuru
/ 3 months agoMikel Arteta yakomoje ku bukana bw’imvune ya Viktor Gyokeres
Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko afite impungenge zikomeye kuri rutahizamu we w’Umunyasuwede Viktor Gyokeres, nyuma y’uko akomerekeye mu mukino...


