-
Amakuru
/ 2 months agoDore impamvu muzi yateye Muvunyi Paul kwisubiraho
Mu gihe abakunzi ba Rayon Sports bari biteze ko iki cyumweru kirarangira habaye Inteko Rusange Idasanzwe yari yitezweho gukemura amakimbirane amaze...
-
Amakuru
/ 2 months agoSir Alex Ferguson yacyeje Ruben Amorim na Mbuemo
Sir Alex Ferguson, umutoza w’ibihe byose wa Manchester United, yashimye cyane uruhare rw’umutoza n’abakinnyi bashya barimo Mbuemo na Matheus Cunha binjiye...
-
Amakuru
/ 2 months agoBasketball : APR yegukanye igikombe cya Zone 5
APR Women Basketball Club, yanditse amateka mashya mu mukino w’intoki mu Rwanda nyuma yo kwegukana igikombe cya mbere cya Women’s Basketball...
-
Amakuru
/ 2 months agoMyugariro wa Arsenal yavunitse mbere yo guhura na Spurs
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Brazil, Carlo Ancelotti, yatangaje ko myugariro wa Arsenal Gabriel Magalhães azasuzumwa muri iki Cyumweru nyuma yo kuvunikira...
-
Amakuru
/ 2 months agoRuhago y’abagore : FERWAFA iri guhugura abazasifura shampiyona y’icyiciro cya kabiri
Komisiyo y’Abasifuzi mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yatangije amahugurwa agamije kongerera ubumenyi abasifuzi bazayobora imikino ya Shampiyona y’Abagore y’Icyiciro...
-
Amakuru
/ 2 months agoLiverpool, Manchester City na Tottenham Hotspur mu nkundura yo kwegukana Semenyo
Antoine Semenyo wa Bournemouth akomeje kwifuzwa na menshi makipe akomeye muri Premier League ariko ayarimo Liverpool, Manchester City na Tottenham Hotspur...
-
Amakuru
/ 2 months agoShema Fabrice yahaye umukoro abarimo gukorera Licence B–CAF
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasuye abatoza 25 bari mu mahugurwa yo ku rwego rwa Licence...
-
Amakuru
/ 2 months agoMuvunyi ashobora kweguriramo – Rayon Sports yatumijeho inteko rusange idasanzwe!
Umwuka utari mwiza umaze iminsi ugaragara mu buyobozi bwa Rayon Sports ugiye kongera gushyirwa ku meza mu Nteko Rusange Idasanzwe yatumijwe...
-
Amakuru
/ 2 months agoJurgen Kloop watoje Liverpool yatangaje indi ntambwe nshya
Nyuma y’imyaka irenga 15 atagaragara mu mwuga wo gusesengura imikino kuri televiziyo, Jürgen Klopp yongeye kubitangaza ku mugaragaro binyuze kuri Instagram,...
-
Amakuru
/ 2 months agoU Bwongereza bwitegura Albania bwatakaje intwaro y’ingenzi
Myugariro wa Crystal Palace, Marc Guehi, yahisemo kuva mu ikipe y’igihugu y’u Bwongereza nyuma y’uko abaganga bemeje ko atabasha gukomeza gukina...


