-
Amakuru
/ 2 days agoBenshi mu bakinnyi b’Amavubi bakina hanze berekanye imbaraga zidasanzwe
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu bakina hanze bakomeje kwitwara neza mu makipe yabo, ibintu bikomeza gutanga icyizere ko bazaba bari ku rwego rushimishije...
-
Amakuru
/ 2 days agoUko inama za KNC zafashije Saint Eloi Lupopo imbere ya Al Hilal Omdurman
Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles (KNC), yatangaje ko yagiriye inama umutoza wa Saint Eloi Lupopo, Guy Bukasa, mbere y’umukino...
-
Amakuru
/ 2 days agoFERWACY yatangaje umuyobozi mushya muri Tour du Rwanda
Ishyirahamwe ry’Umukino wo Gusiganwa ku Magare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko Nkurayija Hubert ari we uhawe inshingano zo kuba Umuhuzabikorwa w’irushanwa...
-
Amakuru
/ 2 days agoRuhago y’Abagore : Rayon Sports yanyagiye AS Kigali ku munsi wa 7 wa shampiyona
Ku Cyumweru, tariki ya 30 Ugushyingo 2025, hakinwaga imikino y’umunsi wa Karindwi muri Shampiyona y’Abagore y’Icyiciro cya Mbere y’Umupira w’Amaguru. Imikino...
-
Amakuru
/ 3 days agoThomas Frank yifatiye ku gahanga abakomeje gutuka umuzamu we
Umutoza wa Tottenham Hotspur, Thomas Frank, yasabye imbabazi ariko anacyaha abafana b’ikipe ye nyuma y’uko bamwe muri bo bagaragaje umujinya bakibasira...
-
Amakuru
/ 3 days agoJado Castar yahawe inshingano muri FERWAFA
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryongereye imbaraga mu miyoborere y’iterambere rya ruhago, ritangiza komite nshya zigamije gushyira umurongo uhamye ku...
-
Amakuru
/ 3 days ago11 Chelsea ishobora gukinisha kuri Arsenal ari nako impaka za Palmer na Estevão zaciwe
Chelsea irakira Arsenal ku mugoroba wo kuri iki cyumweru saa 18:30, kuri Stamford Bridge mu mukino ugaragara nk’usobanura byinshi ku mpande...
-
Amakuru
/ 3 days agoIbirwa bya Maurice na Eritrea bongeye kwigaragaza -Africa Cycling Excellence Awards
Ku mugoroba wo ku wa 29 Ugushyingo 2025, muri Zaria Court hatangwaga ku nshuro ya mbere ibihembo bya Africa Cycling Excellence...
-
Amakuru
/ 3 days agoRPL : Gicumbi FC itumye Rayon Sports imara imikino itatu idatsinda
Rayon Sports yongeye gutakaza amanota ku mukino w’Umunsi wa Cyenda wa Shampiyona nyuma yo kunganya na Gicumbi FC igitego 1-1, mu...
-
Amakuru
/ 4 days agoHatangajwe abagomba gufatanya na Minisitiri Nelly Mukazayire
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 28 Ugushyingo 2025 iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafashe ibyemezo birimo no kongerera Minisiteri...


