-
Amakuru
/ 4 weeks agoAFCON izajya iba nyuma y’imyaka ine – Motsepe
Umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika ugiye kwinjira mu bihe bishya, nyuma y’itangazwa ry’impinduka zikomeye zakozwe n’Impuzamashyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoRPL Recap -Djibril Ouattara wa APR FC nta kosa imbere ya Gasogi United
Ikipe ya APR FC yongeye gutanga ubutumwa bukomeye mu rugamba rwa Shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda Gasogi United ibitego 2-0...
-
Amakuru
/ 4 weeks agoDore abanyarwanda bazagira uruhare muri AFCON 2025
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryatoranyije Abanyarwanda batandatu bazagira uruhare rukomeye mu itegurwa no mu micungire y’irushanwa rya TotalEnergies CAF...
-
Amakuru
/ 1 month agoNiyonshuti Emerance yanze gusubira muri Rayon Sports WFC
Nyuma yo gutsindwa urubanza yarezegagamo Rayon Sports WFC asaba gusesa amasezerano, Niyonshuti Emerance yahisemo kudasubira mu kazi k’iyi kipe n’ubwo yari...
-
Amakuru
/ 1 month agoHura n’umukunzi mushya wa Cole Palmer
Umukinnyi wa Chelsea n’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, Cole Palmer, yongeye kuvugwa cyane mu bitangazamakuru nyuma yo kugaragara ari kumwe n’umukobwa mushya...
-
Amakuru
/ 1 month agoLomami Marcel yahishuye umuti yavugutiye izamu rya Rayon Sports
Umutoza wungirije wa Rayon Sports, Lomami Marcel, yatangaje ko yafashe umwanya akaganira byimbitse n’umunyezamu w’Umunya-Mali Drissa Kouyate, amubwira ko igihe kigeze...
-
Amakuru
/ 1 month agoMohamed Salah yasabye imbabazi bagenzi be muri Liverpool
Rutahizamu wa Liverpool , Mohamed Salah yasabye imbabazi bagenzi be nyuma y’ikiganiro cyari cyateje umwuka mubi mu ikipe. Nyuma y’umukino Liverpool...
-
Amakuru
/ 1 month agoRwamagana :shampiyona ya volleyball yo ku mucanga yafunguwe ku mugaragaro
Ku wa Gatanu, tariki ya 19 Ukuboza, mu karere ka Rwamagana hatangijwe ku mugaragaro shampiyona ya volleyball yo ku mucanga (Beach...
-
Amakuru
/ 1 month agoAmaso y’abaguruye amatike y’igikombe cy’Isi yaheze mu kirere
Bamwe mu bafana baguze amatike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, hanyuma bakayagurisha binyuze ku rubuga rwemewe rwa FIFA, baracyategereje kwishyurwa amafaranga yabo,...
-
Amakuru
/ 1 month agoRayon Sports yatsindiye Gorilla FC mu maso ya Bruno Ferry
Nyuma y’iminsi itari mike y’umusaruro muke no kunengwa n’abayobozi bayo, Rayon Sports yongeye guhembura imitima y’abafana bayo itsinda Gorilla FC ibitego...


