Latest News
-
Amakuru
/ 2 months agoFERWAFA SUPER CUP- Bruno Ferry yahishuye umugambi wo kwihorera kuri Mukeba
Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yakomeje kugaragaza ituze n’icyerekezo mu myiteguro y’umukino wa Super Cup uzahuza Gikundiro na APR FC...
-
Amakuru
/ 2 months agoMinisiteri ya Siporo yinjiye mu kibazo cyabaye ku mukino wa APR FC
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko yinjiye mu kibazo cy’ibura ry’umuriro ryabaye mu mukino wa shampiyona wahuje APR FC na Bugesera FC,...
-
Amakuru
/ 2 months agoAFCON2025 – Aziz Ki yemerewe kuva mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Burkina Faso (FBF) ryatangaje ko umukinnyi wo hagati w’iyi kipe y’igihugu , Aziz Stéphane Ki, yemerewe kuva...
-
Amakuru
/ 2 months agoRúben Amorim yageneye ubutumwa ubuyobozi bwa Manchester United
Umutoza Rúben Amorim yatangaje amagambo akomeye nyuma y’uko Manchester United inganyije na Leeds United igitego 1-1 kuri iki cyumweru, mu mukino...
-
Amakuru
/ 2 months agoImanishimwe Djabel yahishuye icyatumaga atagaragara cyane mu kibuga
Manishimwe Djabel yahishuye ko ikibazo cy’imvune ariyo impamvu yatumye atagaragara kenshi mu mwambaro wo Police FC mu mikino itambutse muri Rwanda...
-
Amakuru
/ 2 months agoNta bwoba amakipe yo muri Sudan aduteye – Byiringiro Lague
Byiringiro Lague yatangaje ko amakipe yo muri Sudan akina shampiyona y’u Rwanda nta bwoba ateye Police FC mu rugamba rwo guhanganira...
-
Amakuru
/ 2 months agoIntego za Ani Elijah nyuma yo gutsinda ibitego bitatu wenyine
Rutahizamu w’ikipe ya Police ,Ani Elijah yatangaje ko afite intego zo gutsinda ibitego byinshi muri uyu mwaka w’imikino nyuma yo gutsinda...
-
Amakuru
/ 2 months agoAFCON2025 -Umutoza wa Tunisia yemeye gushyirwaho umugayo wose
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Tunisia, Sami Trabelsi, yemeye ko afite uruhare runini mu gusezererwa kwayo mu irushanwa ry’Igikombe cya Afurika (AFCON)...
-
Imikino
/ 2 months agoRPL – Police FC ikomeje kwerekana ko ititeguye kurekura
Rutahizamu wa Police FC, Ani Elijah, yagaragaje ko ari mu bihe byiza nyuma yo gutsinda ibitego bitatu no gutanga umupira wavuyemo...
-
Amakuru
/ 2 months agoPascal Gross yasubiye muri Brighton & Hove Albion
Umukinnyi mpuzamahanga w’Ubudage, Pascal Gross, yongeye kugaruka mu ikipe ya Brighton & Hove Albion avuye muri Borussia Dortmund, ku masezerano azageza...


