Stories By Gatete Jimmy
-
Imikino
/ 4 months agoHaringingo wa Kiyovu Sports yahaye ubutumwa bukomeye Rayons Sports mbere yo guhura
Mu gihe Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda 2025/26 yamaze gutangira Gorilla yisasira As Muhanga ikizamuka mu cyiciro cya kabiri, umutoza...
-
Imikino
/ 4 months agoPredictions – Dore uko ugomba kugura amakipe yo muri Premier League muri iyi weekend
Nyuma y’ikiruhuko cy’imikino mpuzamahanga, Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) irasubukurwa mu mpera z’iki cyumweru, ku wa Gatandatu no ku Cyumweru tariki...
-
Imikino
/ 4 months agoEverton irashaka kwegukana burundu Jack Grealish – Ibyanditswe mu binyamakuru
Ikipe ya Everton yo mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza [Premier League] irateganya kugura Jack Grealish, umukinnyi wo hagati usatira, ukinira...
-
Imikino
/ 4 months agoCECAFA KAGAME CUP : Gen.Patrick Nyamvumba yasuye ikipe ya APR FC mu mwiherero
Mu rwego rwo gutera inkunga no kongerera icyizere ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CECAFA Kagame Cup, Ambasaderi w’u Rwanda...
-
Imikino
/ 4 months agoIgitego cya Nduwimana Frank nicyo cyafunguye shampiyona ubwo Gorilla yatsinda As Muhanga
Ikipe ya Gorilla FC yatangiye neza shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026 yerekana ubushake bwo guhatana, nyuma yo gutsinda...
-
Imikino
/ 4 months agoRayon Sports yahaye umurongo ikibazo cya Ndikumana Asman mbere yo gucakirana na Kiyovu Sports
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kurangiza ikibazo cy’amafaranga yari ibereyemo rutahizamu w’Umurundi, Asman Ndikumana, aho yishyuwe miliyoni 12 z’amafaranga y’u Rwanda....
-
Imikino
/ 4 months agoChelsea igiye kumara amezi abiri idafite rutahizamu wayo
Rutahizamu w’umwongereza ukinira Chelsea, Liam Delap, agiye kumara igihe kitari gito adakandagira mu kibuga nyuma yo kugira imvune y’imitsi y’akaguru bizwi...
-
Imikino
/ 5 months agoIzacyegukana izahembwa hafi ubwikube kane bw’ayo APR FC yegukanye umwaka ushize – Ibyo ukwiye kumenya kuri shampiyona y’uyu mwaka !
Umwaka mushya w’imikino wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, Rwanda Premier League, uratangira ku mugaragaro kuri uyu wa Gatanu tariki...
-
Featured
/ 5 months agoEXCLUSIVE – Bite bya Fall Ngagne na Mohamed Chelly ?, ukugaruka kwa Jean Fidèle mu nzove ,umushahara wa Kamena ; Twinjirane muri Rayon Sports
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwitegura umukino ukomeye izahuramo na Kiyovu Sports kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Nzeri 2025, umukino...
-
Imikino
/ 5 months agoFei Toto wa Azam FC yateye umugongo Kaizer Chiefs
Umukinnyi wo hagati Feisal Salum, wamenyekanye cyane ku izina rya Fei Toto, yongereye amasezerano mashya y’umwaka umwe muri Azam FC. Amakuru...


