Stories By Gatete Jimmy
-
Imikino
/ 2 months agoHarry Maguire atumye Manchester United ikuraho umukasiro yari ifite kuri Anifield
IBYAVUYE MU MUKINO :Liverpool 1 – 2 Manchester United. Mu mukino waberaga kuri sitade ya Anfield kuri iki Cyumweru tariki 19...
-
Amakuru
/ 2 months agoHatangajwe ingano y’amatike y’igikombe cy’isi cya 2026 amaze kugurwa !
Mu gihe amakipe 28 yamaze kubona itike ibajyana mu gikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kanada...
-
Amakuru
/ 2 months agoPerezida wa CAF yigaramye ibyo kwinjira muri politike !
Perezida w’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika(CAF), Patrice Tlhopane Motsepe yahakanye amakuru yavugaga ko ashaka kuzaba perezida wa Afurika y’Epfo. Ibyo bibaye...
-
Amakuru
/ 2 months agoFUFA yisubiyeho ku cyemezo cyatumye Vipers SC yikura muri shampiyona
Ku munsi wejo ku wa Gatandatu, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Uganda (FUFA) ryatangaje ko ryahagaritse uburyo bushya bwo gukinamo shampiyona y’iki...
-
Imikino
/ 2 months agoLiverpool vs Man United : Amateka ,amakuru ahari ,abashora kubanzamo na Predictions
Kuri iki cyumweru tariki ya 19 Ukwakira 2025, ku isaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba, sitade ya Anfield irakira umukino utegerejwe...
-
Amakuru
/ 2 months agoYanga yirukanye umutoza nyuma yo gutsindwa inshuro imwe gusa !
Yanga SC yo muri Tanzania, yatangaje ku mugaragaro ko yasezereye umutoza mukuru wayo , Romain Folz, nyuma y’igihe gito yari amaze...
-
Imikino
/ 2 months agoRwanda Premier League : Rayon Sports yakuyeho amapfa y’intsinzi , As Kigali yitwara neza
Nyuma y’iminsi 35 itabona intsinzi, ikipe ya Rayon Sports yongeye gusubiza icyizere abafana bayo ubwo yatsindaga Rutsiro FC ibitego 3-1 mu...
-
Amakuru
/ 2 months agoAS Kigali irangamiye gusimbuza Shema Fabrice
Mu gihe habura amasaha make ngo haterane Inama y’Inteko Rusange y’Abanyamuryango ba AS Kigali, haravugwa byinshi ku bijyanye n’impinduka zitegerejwe muri...
-
Amakuru
/ 2 months agoNottingham Forest yirukanye umutoza nyuma y’iminota 18 atsinzwe na Chelsea
Nottingham Forest yirukanye Ange Postecoglou ku mwanya w’umutoza mukuru nyuma y’iminota 18 gusa itsinzwe na Chelsea ibitego 3-0, mu mukino wa...
-
Amakuru
/ 2 months agoOFFICIAL – Marc Guehi azava muri Crystal Palace umwaka utaha
Kapiteni w’ikipe ya Crystal Palace, Marc Guehi, yatangarije ubuyobozi bw’iyi kipe ko atazongera amasezerano mashya, ndetse ko yifuza kugerageza indi nzira...


