Stories By Gatete Jimmy
-
Amakuru
/ 1 day agoAPR FC yasembuye Rayon Sports nyuma y’icyemezo cya FERWAFA
Nyuma y’aho FERWAFA ishyiriye ahagaragara itariki y’umukino wa Super Cup uteganyijwe guhuza APR FC na Rayon Sports, amakimbirane asanzwe agaragara hagati...
-
Amakuru
/ 1 day agoRutahizamu w’u Bwongereza yatawe muri yombi nyuma yo kurwana mu kabari
Mu mpera z’icyumweru gishize, rutahizamu w’U Bwongereza Ivan Toney, wakiniye Brentford mbere yo kwerekeza muri Al-Ahli yo muri Arabia Saudite, yafunzwe...
-
Amakuru
/ 1 day agoManzi Thierry na Bizimana Djihad bongeye gutwarana igikombe na Al Ahli Tripoli
Al Ahli Tripoli ikinamo abakinnyi babiri b’ikipe y’igihugu Amavubi, Manzi Thierry na Bizimana Djihad yongeye kwandika amateka muri ruhago yo muri...
-
Amakuru
/ 1 day agoIgitutu ni cyose kuri Canisius wa Mukura VS watsinzwe na Al Hilal SC y’abakinnyi 10
Al Hilal SC yo muri Sudani yongeye kwerekana ko iri mu makipe azatanga akazi gakomeye muri shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo...
-
Amakuru
/ 1 day agoRuben Amorim yashimye Maason Mount nyuma y’itsinzi ya Wolves
Mu ijoro ryakeye Manchester United yongeye kwigaragaza itsinda Wolves ibitego 4-1 mu mukino waje nyuma y’igitutu gikomeye cy’abafana ba Wolves batinze...
-
Amakuru
/ 2 days agoDarko Novic yemeye ko intsinzi ya AS Kigali yamukuyeho igitutu
Umutoza wa Al-Merrikh, Darko Novic, nyuma y’intsinzi ikomeye ya 2–1 batsinze AS Kigali ku Cyumweru, yavuze ko yumvise umutwaro umuvuyeho nyuma...
-
Amakuru
/ 2 days agoBasketball : APR yitegura shampiyona yongereyemo amaraso mashya
APR Basketball Club ikomeje kongera imbaraga mu ikipe yayo mbere y’uko hatangira shampiyona ya Rwanda Basketball League (RBL) 2025, iteganyijwe gutangira...
-
Amakuru
/ 2 days agoDepite Mukabalisa Germaine yegukanye umudali wa zahabu
Depite Mukabalisa Germaine yongeye kwandika amateka mu mikino ihuza Abadepite n’Abasenateri bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), aho...
-
Amakuru
/ 2 days agoArne Slot yasize Mohamed Salah mu bakinnyi yajyanye mu Butaliyani
Liverpool yongeye kwisanga mu bibazo bikomeye nyuma y’uko rutahizamu wayo Mohamed Salah avuze amagambo akakaye nyuma y’umukino banganyijemo na Leeds United...
-
Amakuru
/ 2 days agoINSIDER -APR FC iritegura gusesa amasezerano y’intwaro zayo ebyiri
Mu gihe hasigaye igihe gito ngo isoko ryo muri Mutarama 2026 rifungurwe, amakuru ava mu ikipe ya APR FC yemeza ko...


