-
Amakuru
/ 1 month agoAFCON2025 – Aziz Ki yemerewe kuva mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Burkina Faso (FBF) ryatangaje ko umukinnyi wo hagati w’iyi kipe y’igihugu , Aziz Stéphane Ki, yemerewe kuva...
-
Amakuru
/ 1 month agoRúben Amorim yageneye ubutumwa ubuyobozi bwa Manchester United
Umutoza Rúben Amorim yatangaje amagambo akomeye nyuma y’uko Manchester United inganyije na Leeds United igitego 1-1 kuri iki cyumweru, mu mukino...
-
Amakuru
/ 1 month agoImanishimwe Djabel yahishuye icyatumaga atagaragara cyane mu kibuga
Manishimwe Djabel yahishuye ko ikibazo cy’imvune ariyo impamvu yatumye atagaragara kenshi mu mwambaro wo Police FC mu mikino itambutse muri Rwanda...
-
Amakuru
/ 1 month agoNta bwoba amakipe yo muri Sudan aduteye – Byiringiro Lague
Byiringiro Lague yatangaje ko amakipe yo muri Sudan akina shampiyona y’u Rwanda nta bwoba ateye Police FC mu rugamba rwo guhanganira...
-
Amakuru
/ 1 month agoIntego za Ani Elijah nyuma yo gutsinda ibitego bitatu wenyine
Rutahizamu w’ikipe ya Police ,Ani Elijah yatangaje ko afite intego zo gutsinda ibitego byinshi muri uyu mwaka w’imikino nyuma yo gutsinda...
-
Amakuru
/ 1 month agoAFCON2025 -Umutoza wa Tunisia yemeye gushyirwaho umugayo wose
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Tunisia, Sami Trabelsi, yemeye ko afite uruhare runini mu gusezererwa kwayo mu irushanwa ry’Igikombe cya Afurika (AFCON)...
-
Imikino
/ 1 month agoRPL – Police FC ikomeje kwerekana ko ititeguye kurekura
Rutahizamu wa Police FC, Ani Elijah, yagaragaje ko ari mu bihe byiza nyuma yo gutsinda ibitego bitatu no gutanga umupira wavuyemo...
-
Amakuru
/ 1 month agoPascal Gross yasubiye muri Brighton & Hove Albion
Umukinnyi mpuzamahanga w’Ubudage, Pascal Gross, yongeye kugaruka mu ikipe ya Brighton & Hove Albion avuye muri Borussia Dortmund, ku masezerano azageza...
-
Amakuru
/ 1 month agoIbyitezwe mu gihe AFCON igeze aho umwana arira nyina ntiyumve !
Irushanwa rikomeye ry’umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika, TotalEnergies CAF Africa Cup of Nations Morocco 2025, rigiye kwinjira mu cyiciro kirushijeho...
-
Amakuru
/ 1 month agoUko Liam Rosenior azakinisha Chelsea – BYASOBANUWE BYOSE !
Ikipe ya Chelsea yongeye kwisanga mu bihe bigoye, nyuma yo gutangaza itandukana ritunguranye n’umutoza Enzo Maresca ku munsi wa mbere w’uyu...


