-
Amakuru
/ 1 month agoRPL – Kiyovu Sports na Al Hilal zabonye intsinzi z’ingenzi
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Mutarama, shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda yakomeje ubwo hakinwaga imikino ibiri yakinwe, aho...
-
Amakuru
/ 1 month agoTRANSFERS-Man City irifuza kapiteni wa Crystal Palace
Manchester City iri kwiyongera mu makipe ari gukurikiranira hafi kapiteni wa Crystal Palace, Marc Guehi, muri uku kwezi kwa Mutarama, bitewe...
-
Imikino
/ 1 month agoAFCON2025 -Misiri na Nigeria zabonye itike ya ¼
Imikino ya ⅛ cy’irangiza ry’Igikombe cya Afurika cya 2025 yakomeje gukinwa kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Mutarama 2026, aho...
-
Amakuru
/ 1 month agoRayon Sports yibitseho myugariro ukubutse mu Buhinde
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwerekana ko yiyemeje kongera imbaraga mu bwugarizi bwayo, nyuma yo gusinyisha myugariro wo hagati ukomoka muri...
-
Amakuru
/ 1 month agoBasketball : Kepler yakuye inkingi ya mwamba muri APR
Ikipe ya Kepler Women Basketball Club yemeje ko yasinyishije Assouma Uwizeye amasezerano y’umwaka umwe, avuye mu ikipe ya APR WBBC yari...
-
Amakuru
/ 1 month agoRayon Sports WFC yashimiwe n’umunya-Kenya wayiciyemo
Umunya-Kenya ukinira ikipe y’igihugu y’abagore mu mupira w’amaguru, Rachael Muema, yanditse ubutumwa bwuje amarangamutima asezera ku ikipe ya Rayon Sports Women’s...
-
Amakuru
/ 1 month agoAFCON2025-Tunisia yahagaritse abatoza b’ikipe y’igihugu nyuma yo gusezererwa
Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 4 Mutarama, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Tunisia (FTF) ryatangaje ko ryahagaritse ku mugaragaro amasezerano...
-
Amakuru
/ 1 month agoMu ishusho ngari ,icyo Ruben Amorim watandukanye na Manchester United azize
Nyuma y’amezi 14 gusa atoza Manchester United, ubuyobozi bw’iyi kipe bwemeje ko umutoza w’Umunya-Portugal Ruben Amorim atagifite akazi ke. Ni icyemezo...
-
Amakuru
/ 1 month agoFERWAFA SUPER CUP- Bruno Ferry yahishuye umugambi wo kwihorera kuri Mukeba
Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yakomeje kugaragaza ituze n’icyerekezo mu myiteguro y’umukino wa Super Cup uzahuza Gikundiro na APR FC...
-
Amakuru
/ 1 month agoMinisiteri ya Siporo yinjiye mu kibazo cyabaye ku mukino wa APR FC
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko yinjiye mu kibazo cy’ibura ry’umuriro ryabaye mu mukino wa shampiyona wahuje APR FC na Bugesera FC,...


