-
Amakuru
/ 1 month agoShema Fabrice yahaye umukoro ukomeye ingimbi zihagarariye u Rwanda
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yahaye umukoro ukomeye ikipe y’Igihugu y’Ingimbi zitarengeje imyaka 17 mbere yo...
-
Imikino
/ 1 month agoRobert Lewandowski yafashije Barcelona kwegera Real Madrid
Robert Lewandowski yongeye kwerekana ubuhanga bwe mu gutsinda ibitego, ubwo yafashaga FC Barcelona kubona amanota atatu akomeye itsinze Celta Vigo ibitego...
-
Imikino
/ 1 month agoManchester City yizihirije ibirori bya Pep Guardiola kuri Liverpool
Pep Guardiola yizihije neza umukino we w’igihumbi nk’umutoza mu buryo budasanzwe, ubwo Manchester City yanyagiraga Liverpool ibitego 3-0 kuri sitade ya...
-
Amakuru
/ 1 month agoUmunyabigwi wa Brazil wabaswe n’ubusambanyi yatandukanye n’umunyeshuri bakundanaga
Uwahoze ari Rutahizamu rurangiranwa mu mupira w’amaguru w’Umunya-Brazil, Romário de Souza Faria, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutandukana n’umukunzi we mushya,...
-
Amakuru
/ 1 month agoUwakiniye Rayon Sports yabasabye kudakinisha umupira umunwa
Mu mukino wari utegerejwe na benshi w’Umunsi wa Karindwi wa Shampiyona y’u Rwanda, APR FC yatsindiye Rayon Sports ibitego 3-0 kuri...
-
Featured
/ 1 month agoRubanguka yasezeye ruhago ku myaka 29
Rubanguka Steve, Yasezeye gukina umupira w’Amaguru ku myaka 29 y’Amavuko nyuma yo kumara imyaka 11, Akina nk’Umukinnyi wabigize umwuga. Rubanguka Steve...
-
Amakuru
/ 1 month agoKomite y’Igihugu y’Imikino y’Abafite Ubumuga yabonye umuyobozi
Ku wa Gatandatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2025, Bizimana Dominique yongeye gutorerwa kuyobora Komite y’Igihugu y’Imikino y’Abafite Ubumuga mu Rwanda (NPC...
-
Imikino
/ 1 month agoPremier League : Kubera iki uguhura kwa Slot na Pep ari ingenzi kurusha ?
Pep Guardiola, umutoza wa Manchester City, yavuze ko guhura na Liverpool ku mukino we wa 1,000 nk’umutoza ari “amahirwe adasanzwe”, nyuma...
-
Amakuru
/ 1 month agoRuben Amorim yahishuye imipangu ye nyuma y’imvune ya Šeško
Umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim yatangaje ko ikipe ye ishobora kuzongeramo abakinnyi bashaka ibitego muri Mutarama bitewe n’uko bikomeje kugendekera...
-
Imikino
/ 1 month agoRPL – APR FC yerekanye ubwambure bwa Mukeba
Kuri uyu wa Gatandatu saa cyenda z’amanywa, kuri Stade Amahoro, habereye umukino w’umunsi wa karindwi wa Shampiyona y’u Rwanda wahuje abakeba...


