-
Imikino
/ 4 months agoGonçalo Ramos yakoze mu ijisho Barcelona : Champions League yakomeje
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, hakomezaga umunsi wa kabiri w’imikino ya Champions League, Paris Saint-Germain yatsinze igitego cya kabiri...
-
Imikino
/ 4 months agoFiston Kalala Mayere yabaye inzozi mbi kuri APR FC ubwo yakubitwaga na Pyramids FC
Mu mukino w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League waberaga kuri Kigali Pele Stadium ku wa Gatandatu, ikipe ya APR FC yahuye...
-
Imikino
/ 4 months agoUCL- Galatasaray yatunguye Liverpool, Kylian Mbappé aca agahigo anafasha Real Madrid gutsinda
Umunsi wa kabiri wa UEFA Champions League wasize byinshi bivugwa ku mugoroba wo ku wa Kabiri, aho amwe mu makipe akomeye...
-
Imikino
/ 4 months agoUmunyarwandakazi yakoze amateka muri Lyon Half Marathon2025
Niyonkuru Florence, umukinnyi w’umunyarwandakazi ukinira Sina Gérard Athletics Club yo mu Karere ka Rulindo, yongeye kwandika amateka akomeye mu mikino yo...
-
Imikino
/ 4 months agoLa Liga – Lewandowski yafashije Barcelona kwikura imbere ya Real Sociedad
Mu mukino wari witezwe na benshi mu gihugu cya Espagne, ikipe ya FC Barcelona yitwaye neza itsinda Real Sociedad ibitego 2-1...
-
Amakuru
/ 4 months agoAMAFOTO: Pyramids, Rayon Sports, She Amavubi U20 baraye i Kigali
Amakipe atatu atandukanye harimo Pyramids Fc na Rayon Sports na Abangavu b’u Rwanda batarengeje imyaka 20, Bageze mu Rwanda bose amahoro....
-
Imikino
/ 4 months agoBigoranye cyane , Arsenal ivanye amanota atatu imbumbe kuri Newcastle!
Mu mukino waberaga kuri St James’ Park, ikipe ya Arsenal yikuye mu kagozi mu minota ya nyuma y’umukino, itsinda Newcastle United...
-
Imikino
/ 4 months agoTadej Pogačar yegukanye shampiyona y’isi y’amagare
Umunya-Slovenia, Tadej Pogačar, yongeye kwandika izina rye mu mateka y’amarushanwa y’amagare ku rwego rw’Isi ubwo yegukanaga Shampiyona y’Isi y’Amagare mu cyiciro...
-
Amakuru
/ 4 months agoAMAFOTO : Umunye-Espagne yanikiriye abangavu muri shampiyona y’isi y’amagare
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 27 Nzeri 2025,hakomezaga Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare. Hari hatahiwe icyiciro cy’abangavu batarengeje imyaka...
-
Featured
/ 4 months agoSEFU yavuze icyo Ndikumana Asmani yabasabye kumwitura ubwo bamusuraga
Umukinnyi mpuzahanga w’Umunyarwanda ukina mu kibuga hagati muri Rayon Sports, Niyonzima Olivier uzwi nka ‘SEFU’, Yavuzeko umukino wo kwishyura muri CAF...


