-
Amakuru
/ 4 months agoMaresca yifashishije urugero rwa Se mu gusobanura ikibazo cya Sterling na Disasi
Umutoza wa Chelsea Enzo Maresca yongeye gutangaza amagambo atavuzweho rumwe, ubwo yagarukaga ku kibazo cy’abakinnyi barimo Raheem Sterling na Axel Disasi...
-
Amakuru
/ 4 months agoUrubanza rw’ifungwa n’ifungurwa rya Camarade wayoboye muri FERWAFA rwatewe ipine
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwasubitse urubanza ruregwamo Kalisa Adolphe, uzwi cyane nka Camarade, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu...
-
Amakuru
/ 4 months agoFERWABA yasheshe amasezerano yari ifitanye na Dr. Cheikh Sarr
Uwari umutoza mukuru w’amakipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, Dr. Cheikh Sarr, biremezwa ko yamaze gutandukana n’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu...
-
Amakuru
/ 4 months agoImodoka ya miliyoni 15frw mu bizahembwa abitwaye neza muri Rwanda Premier League!
Urwego rutegura shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda[Rwanda Premier League], rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ikigo cya ePoBox gitanga serivisi z’ikoranabuhanga mu kohererezanya...
-
Amakuru
/ 4 months agoIntsinzi y’Amavubi imbere ya Zimbabwe ntacyo yayifashije ku rutonde rwa FIFA
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yagumye ku mwanya wa 127 ku rutonde ngarukakwezi rusohorwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, rwasohotse...
-
Amakuru
/ 4 months agoCamarade wigeze kuyoboraho FERWAFA agiye gutangira kuburanishwa
Kalisa Adolphe uzwi cyane ku izina rya Camarade, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], agiye kugezwa imbere...
-
Amakuru
/ 4 months agoThomas Partey yahakanye ibyaha byo gufata ku ngufu abagore aregwa
Uwahoze ari umukinnyi wa Arsenal, Thomas Partey, yahakanye ibyaha aregwa byo gufata ku ngufu abagore babiri ndetse no gukorera undi mugore...
-
Amakuru
/ 4 months agoRIB yavuze ko siporo atari ikirwa abanyabyaha bihishamo mu gihe abarimo Camarade bafunze !
Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Radio Rwanda,kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Nzeri 2025, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr....
-
Amakuru
/ 4 months agoRayon Sports yagaragaje aho amatike y’umukino wa Singida Black Stars ageze agurwa
Rayon Sports yatangaje ko aho abafana bayo bageze bagura amatike y’umukino ugomba kuyihuza na Singida Black Stars kuri Kigali Pele Stadium...
-
Amakuru
/ 4 months agoEmery Bayisenge yasubukuye imyitozo muri rayon Sports
Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi na Rayon Sports , Emery Bayisenge yasubukuye imyitozo muri Rayon Sports nyuma yo kumara iminsi adakora imyitozo...


