-
Amakuru
/ 1 month agoAaron Ramsey yashyiriyeho akayabo uwabona imbwa ye yabuze
Umukinnyi w’umupira w’amaguru ukomoka muri Wales, Aaron Ramsey, yashyizeho akayabo k’angana na 290,703,400 RWF nk’ igihembo ku muntu wese watanga amakuru...
-
Amakuru
/ 1 month agoRutahizamu wa APR FC akomeje gukubitika !
Rutahizamu ukomoka muri Mauritania ukinira APR FC, Mamadou Sy, akomeje kugorwa n’ibihe bitoroshye nyuma yo guhagarikwa n’ubuyobozi bw’ikipe kubera imyitwarire mibi....
-
Amakuru
/ 1 month agoNyir’Uruganda rutanga ibihembo by’Umukinnyi w’Umikino yatawe muri yombi
Nyir’Uruganda rwa ‘Roots Investment Group’, Rukora inzoga yitwa ‘Be One Gin’, Habamugisha Jean Paul yatawe muri yombi nk’uko umuvugizi wa RIB...
-
Amakuru
/ 1 month agoVAR i Nyarugenge ,amakipe mashya yo muri Sudan ; Shema Fabrice yononosoye byose wibazaho
Mu rwego rwo guteza imbere umupira w’amaguru no guha amahirwe abashaka gukina ahari umutekano, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeye...
-
Amakuru
/ 1 month agoKevin De Bruyne agiye kumara igihe kinini hanze y’ikibuga
Umukinnyi wo hagati w’ikipe ya Napoli, Kevin De Bruyne, agiye kumara igihe kinini hanze y’ikibuga nyuma yo gukomereka bikomeye ku mikaya...
-
Amakuru
/ 1 month agoVirgil van Dijk yavuze icyatumye Liverpool ihita isubiza mu buryo bukomeye!
Kapiteni wa Liverpool, Virgil van Dijk, yatangaje ko yatumijeho inama y’abakinnyi nyuma yo gutsindwa na Manchester United ku Cyumweru gishize, ariko...
-
Amakuru
/ 1 month agoYahiye umurizo, iti reka bucye bose bahabone ! ; Thaddée na Board ya Rayon Sports byagodogereye
Mu ikipe ya Rayon Sports hakomeje kugaragaramo umwuka mubi hagati y’ubuyobozi bwa Perezida Twagirayezu Thaddée n’abamurwanya, aho ubu intwaro nshya ikoreshwa...
-
Amakuru
/ 1 month agoIby’akanyenyeri ka Rayon Sports byajemo kidobya
Umushinga wa Rayon Sports wo kwandika abanyamuryango mu buryo bw’ikoranabuhanga uzwi nka *Gikundiro 702# uri mu bibazo bikomeye nyuma y’uko hagaragaye...
-
Amakuru
/ 1 month agoFERWAFA igiye guha rugali RIB mu ruhago nyarwanda
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko riri mu biganiro bya nyuma n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), hagamijwe gukumira no kurwanya...
-
Amakuru
/ 1 month agoMugemana Charles wavuraga muri Rayon Sports ntago yorohewe n’ubuzima
Muri Nzeri 2025, nibwo inkuru y’uko umubyeyi w’umuhanzikazi Queen Cha, Mugemana Charles, yari arwaye yatangajwe. Mugemana, ufite izina rikomeye mu mupira...


