-
Amakuru
/ 2 weeks agoTanzania : Imirimo yo kubaka stade izakira AFCON 2027 igeze kuri 70%
Komiseri w’Intara ya Arusha, Amos Makalla, yasuye imirimo yo kubaka stade izifashishwa mu mikino y’Igikombe cya Afurika (AFCON) kizabera muri Tanzania...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoRayon Sports igiye kumanura umukinnyi waciye muri AS Vita Club
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwerekana ko yiyemeje kongera kwiyubaka mu buryo bufatika, ikoresha neza iri soko rito ry’igura n’igurisha ryo...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoHandball:Police yegukaniye irushanwa muri Uganda
Ikipe ya Police Handball Club ihagarariye u Rwanda yegukanye irushanwa rya Handball rihuza amakipe yo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoImpamvu Gabon yahagaritse ikipe y’igihugu mu gihe kitazwi
AFCON2025 : GABON 2- 3 Ivory Coast Guverinoma ya Gabon yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika by’agateganyo ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, ikuraho...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoUmutoza wa Strasbourg mu muryango winjira muri Chelsea
Nyuma y’itandukana rya Chelsea na Enzo Maresca ku wa Kane , ibiganiro byo gushaka umutoza mushya byahise bitangira, kandi izina rya...
-
Amakuru
/ 2 weeks agoImbamutima za Bernado Silva nyuma Man City ihaye urwaho Arsenal
PREMIER LEAGUE : Sunderland 0 -0 Man City Mu gihe shampiyona y’u Bwongereza igeze mu gice cya kabiri, isiganwa ryo kwegukana...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoRPL – Gicumbi FC yakaniye kwegukana amanota ya Al Hilal
Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) irongera gusubukurwa ku wa Gatandatu tariki ya 3 Mutarama, nyuma y’akaruhuko k’iminsi...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoDore abafite amahirwe yo gusimbura Enzo Maresca wasezeye Chelsea
Ikipe ya Chelsea FC yinjiye mu mwaka wa 2026 iri mu bihe bikomeye nyuma yo gutandukana n’umutoza Enzo Maresca ku munsi...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoAS Muhanga mu nzira zo kongerera imbaraga ubusatirizi
Nyuma yo kumara igice cya mbere cya shampiyona ya Rwanda Premier League (RPL) idashobora kuva mu myanya ihabanye n’amanota make, umutoza...
-
Amakuru
/ 3 weeks agoRutahizamu wa Al Hilal FC arangamiye urukweto rwa zahabu
Rutahizamu wa Al Hilal FC, Emmanuel Flomo, yatangaje ko afite intego yo gusoza shampiyona y’u Rwanda ari we uyoboye abandi mu...


