Andi Makuru
-
Amakuru
/ 2 months agoMaresca wa Chelsea yasubije Wayne Rooney uherutse kumunenga
Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yongeye gutangaza impamvu akomeje gukoresha politiki yo gusimburanya abakinnyi benshi, nyuma yo kunengwa n’uwahoze ari kapiteni...
-
Amakuru
/ 3 months agoAho ibya Ben Moussa na Police FC ye ntibyatangiye kwicayura ?
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Ugushyingo 2025, kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, ikipe ya Police FC yanganyije na...
-
Amakuru
/ 3 months agoCAF yagaragaje ko ruhago ny’Afurika yamaze kurenga imbibi z’Umugabane
Perezida wa CAF, Dr. Patrice Motsepe, yatangaje ko umupira w’amaguru muri Afurika uri mu gihe cy’amahirwe akomeye, ashimangira ko uburyo Morocco...
-
Amakuru
/ 3 months agoUreberera inyungu za Lamine Yamal yamutangajeho byinshi!
Ureberera inyungu za Lamine Yamal, Jorge Mendes, yatangaje amagambo akomeye kuri uyu wa Gatanu, agira icyo avuga ku bibazo n’ibihuha bimaze...
-
Amakuru
/ 3 months agoPremier League : Ruben Amorim yatowe nk’umutoza mwiza w’Ukwakira
Umutoza wa Manchester United ukomoka muri Portugal, Ruben Amorim yegukanye igihembo cy’Umutoza mwiza w’ukwezi k’Ukwakira muri Premier League nyuma yo gufasha...
-
Amakuru
/ 3 months agoByiringiro Lague yihakanye ibyavugwaga ko yatorotse umwiherero w’ikipe
Rutahizamu w’ikipe ya Police FC, Byiringiro Lague, yahakanye amakuru yavugaga ko yatorotse umwiherero w’iyi kipe mbere y’uko bakina na AS Kigali...
-
Imikino
/ 3 months agoBite by’ubuyobozi bushya bwa Rayon Sports bwagiyeho mu bwiru bukomeye?
Rayon Sports yongeye kugarura izina Abraham Kelly mu buyobozi bwayo, nyuma y’imyaka ibiri avuye muri iyi kipe ubwo yayoborwaga na Munyakazi...
-
Amakuru
/ 3 months agoUmukino wa APR FC ukabirizwa mu bafana naho kuri nge urasanzwe: Umutoza wa Rayon Sports
Umutoza w’agateganyo wa Rayon Sports, Haruna Ferouz, yatangaje ko nta gitutu na gito afite mbere y’umukino ukomeye uzahuza ikipe ye na...
-
Amakuru
/ 3 months agoLionel Messi yemeje ko gusezera ruhago kwe bitari vuba
Lionel Messi yongeye kugaragaza ko igihe cye cyo gusezera ku mupira w’amaguru kitaragera ubwo yari nama y’ubucuruzi yiswe ‘American Business Forum’...
-
Featured
/ 3 months agoAbasifuzi bazasifura umukino wa APR Fc na Rayon Sports bamenyekanye
Tariki ya 8 Ugushyingo 2025, Ikipe ya APR Fc izakira ikipe ya Rayon Sports muri Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda. Ni...


