Andi Makuru
-
Amakuru
/ 7 months agoSitade Amahoro yavuye mu biganza bya Minisiteri ya Siporo
Minisiteri ya Siporo y’u Rwanda yafashe umwanzuro mushya wo gushyira Stade Amahoro mu maboko y’abikorera, mu rwego rwo kunoza imicungire yayo...
-
Amakuru
/ 7 months agoUwakiniye Rayon Sports yongerewe ibihano na FIFA
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Burundi, Bimenyimana Bonfils-Caleb, yahawe ikindi gihano byo kudakina imikino itatu mpuzamahanga, nyuma y’igikorwa cyafashwe nk’icy’ubugome yakoze ubwo...
-
Ibindi
/ 7 months agoUmuhungu wa Ronaldinho yemeje ko nta gitutu yaterwa n’izina rya se
Joao Mendes, ukina ku ruhande rw’iburyo mu ishuri ry’abato rya Hull City yatangaje ko kuba ari umuhungu w’icyamamare mu mupira w’amaguru,...
-
Amakuru
/ 7 months agoTour du Rwanda mu nzira zijya ku rwego rwa Tour de France
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko riri mu biganiro n’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) hagamijwe kuzamura urwego rw’irushanwa...
-
Amakuru
/ 7 months agoTwasobanuye byose ukeneye kumenya kuri Euro 2028
Umujyi wa Cardiff, umurwa mukuru wa Pays de Galles (Wales), ni wo uzakira umukino ufungura irushanwa rya Euro 2028, nk’uko byemejwe...
-
Amakuru
/ 7 months agoHandball :Twamenye aho u Rwanda rwisanze muri tombola y’igikombe cy’Afurika
U Rwanda ruri mu myiteguro ikomeye yo kwakira Igikombe cya Afurika cya Handball cya 2026, rwisanze mu gakangara ka gatatu (Pot...
-
Amakuru
/ 7 months agoUwakiniye Chelsea yafashwe n’umutima yikubita hasi
Umunyabrazil Oscar dos Santos Emboaba Júnior, wahoze ari umukinnyi wo hagati muri Chelsea ndetse n’ikipe y’igihugu ya Brazil, ari mu bitaro...
-
Amakuru
/ 7 months agoFIFA irashinjwa gushyiraho imiryango y’abahagarariye abakinnyi ya baringa !
Umuryango mpuzamahanga w’abakinnyi b’umupira w’amaguru, FIFPRO, urashinja ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, kuba ririmo kugoreka ibiganiro bigamije kurengera ubuzima n’imibereho...
-
Amakuru
/ 7 months agoAdel Amrouche yagaragaye ku rubanza rwa Camarade wa FERWAFA
Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade wahoze ari Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, yongeye kuburana mu bujurire ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha...
-
Amakuru
/ 7 months agoRDC buri mukinnyi yemerewe miliyoni y’Amadorali
Leta ya Congo Kinshasa yemereye, Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru yabo agahimbazamusyi kadasanzwe,Buri mukinnyi azabona miliyoni y’Amadorali mu gihe barenga ikiciro bagezemo...


