Latest News
-
Imikino
/ 7 months agoVolleyball:Group Scolaire Marie Mercie yatangiye neza muri Shampiyona y’abato
Shampiyona y’igihugu y’abato mu mukino wa Volleyball yatangijwe ku mugaragaro ku wa Gatandatu, tariki ya 11 Ukwakira 2025, ibera i Kabgayi...
-
Amakuru
/ 7 months agoTwamenye ugomba kuyobora ‘Ijabo Ryawe Rwanda’ mu myaka itanu iri mbere
Ku wa Gatanu, tariki ya 11 Ukwakira 2025, muri Hilltop Hotel habereye Inteko Rusange idasanzwe y’Ihuriro ry’Amarerero yigisha abana gukina umupira...
-
Amakuru
/ 7 months agoIbigezweho kuri gahunda yo guhagarika Israel muri ruhago
Amajwi ari gusaba ko Israel ihagarikwa mu marushanwa ya ruhago yo ku mugabane w’u Burayi yongeye kuzamuka nyuma y’umunsi umwe amasezerano...
-
Imikino
/ 7 months agoAmakipe ya Polisi yitwaye neza muri Medwell Pre-Season Volleyball Tournament 2025
Ikipe ya Police VC mu bagabo na Police WVC mu bagore nizo zegukanye ibikombe by’Irushanwa rya Medwell Pre-Season Volleyball Tournament 2025,...
-
Amakuru
/ 7 months agoNyuma yo gusiba shampiyona y’isi;Mugisha Moïse yongeye gufatwa n’uburwayi
Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’Amagare, Mugisha Moïse, yongeye kujyanwa mu bitaro nyuma yo kugira isereri akitura hasi, nubwo hari hashize iminsi mike...
-
Amakuru
/ 7 months agoJulian Nagelsmann yifatiye ku gahanga abacyerensa urwego rwa Florian Writz
Nyuma y’ibyumweru bitari bike by’igitutu ku mukinnyi w’imyaka 22 w’Umudage, Florian Wirtz, umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Budage, Julian Nagelsmann, yavuze ko...
-
Amakuru
/ 8 months agoAMAFOTO – Rwanda Premier League yanonosoye iby’imitangire y’ibihembo by’abitwaye neza
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 10 Ukwakira 2025, ku cyicaro cya FERWAFA, habereye inama idasanzwe yahuje ubuyobozi bwa...
-
Imikino
/ 8 months agoKirehe Race 2025: Umunye-Esipanye yatangiye yanikira bagenzi be
Isiganwa ngarukamwaka rya Kirehe Race ryatangiranye isura nshya n’umuvuduko udasanzwe, ubwo Alejandro Gainza Rodríguez, Umunya-Espagne ukinira Ikipe ya May Stars, yegukanaga...
-
Amakuru
/ 8 months agoBruno Fernandez yavuze kubyo kwerekeza muri Saudi Arabia
Mu gihe inkuru zinyuranye zakomeje kuvugwa mu itangazamakuru mpuzamahanga zivuga ku buryo bushoboka ko Bruno Fernandes yajya gukinira amakipe yo muri...
-
Amakuru
/ 8 months agoMyugariro wa Liverpool yavuye mu ikipe y’igihugu cye igitaraganya !
Ibrahima Konate, myugariro w’ikipe ya Liverpool, yavuye mu ikipe y’igihugu y’u Bufaransa igitaraganya kubera imvune yo ku kibero cy’ukuguru kw’iburyo. Uyu...


