All posts tagged "Featured"
-
Amakuru
/ 4 months agoUmukinnyi w’Amavubi ari kwifuzwa n’amakipe yo muri Bundesliga
Umukinnyi mpuzamahanga w’u Rwanda, Hakim Sahabo, ukinira Standard de Liège mu Bubiligi, akomeje gukurura amaso y’amakipe akomeye ku mugabane w’u Burayi,...
-
Amakuru
/ 4 months agoSamuel Eto’o yangiwe kwiyamamariza kuyobora FECAFOOT
Mu gihe hasigaye iminsi mike mbere amatora azashyiraho Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT) akaba, ibiri kuba mu gihugu...
-
Amakuru
/ 4 months agoAmasezerano ya Visit Rwanda hagati y’u Rwanda na Arsenal mu marembera
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko amasezerano y’ubufatanye hagati ya Arsenal FC na Visit Rwanda azasozwa muri Kamena 2026, nyuma y’imyaka...
-
Amakuru
/ 4 months agoIshusho ngari twakuye muri APR FC yongeye gusubukura imyitozo
APR FC, yongeye gusubukura imyitozo yayo ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 17 Ugushyingo 2025, nyuma y’ikiruhuko cy’umunsi umwe cyari...
-
Amakuru
/ 4 months agoAl Hilal SC iri gukorera kuri Kigali Pele stadium ikomeje kwitegura MC Algier
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani ikomeje imyiteguro y’imikino y’amatsinda ya CAF Champions League, aho ku wa Gatanu, tariki...
-
Amakuru
/ 4 months agoAchraf Hakimi, Mohamed Salah na Victor Osimhen bahigitse abandi
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje urutonde rw’abakinnyi batatu bageze ku cyiciro cya nyuma mu guhatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umwaka...
-
Amakuru
/ 4 months agoMartin Rutagambwa yatunze itoroshi ku cyo yise ‘gatsiko k’amabandi’ muri Rayon Sports
Nyuma y’isubikwa ry’Inama y’Inteko Rusange Idasanzwe ya Rayon Sports, yagombaga kuba ku wa 22 Ugushyingo 2025, umwe mu bakunzi bakomeye b’iyi...
-
Amakuru
/ 4 months agoBasketball : APR yegukanye igikombe cya Zone 5
APR Women Basketball Club, yanditse amateka mashya mu mukino w’intoki mu Rwanda nyuma yo kwegukana igikombe cya mbere cya Women’s Basketball...
-
Featured
/ 4 months agoYanga Africans yazanye umutoza ukomeye ku Isi mu bato babo
Ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania yazanye umutoza ukomeye muri Africa no ku Isi mu makipe y’Abato babo batarengeje imyaka...
-
Amakuru
/ 4 months agoShema Fabrice yahaye umukoro abarimo gukorera Licence B–CAF
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasuye abatoza 25 bari mu mahugurwa yo ku rwego rwa Licence...


