All posts tagged "Featured"
-
Featured
/ 3 months agoChelsea byanze, Man U ikomereza aho yasoreje kuri Liverpool nayo bikomeza kugorana
Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu gihugu cy’Ubwongereza yari igeze ku munsi wa 9, Habaye imikino 5 yabonetsemo ibitego 20. Leeds United niyo...
-
Imikino
/ 3 months agoRashford uri mu bihe byiza I Barcelona yatangaje byinshi mbere yo gukina El Clásico
Rutahizamu w’Umwongereza Marcus Rashford, Ukina mu gihugu cya Spain mu ikipe ya FC Barcelona yaganiye n’itangazamakuru ryiyo kipe ku muyoboro wabo...
-
Imikino
/ 3 months agoHakim Ziyech wakiniye Chelsea ikipe yamusinyishije muri Afurika yamenyekanye
Umukinnyi mpuzamahanga ukomoka mu gihugu cya Morocco, Hakim Ziyech wakiniye ikipe ya Chelsea yo mu bwongereza, Yamaze kumvikana n’ikipe ikomeye muri...
-
Amakuru
/ 3 months agoIby’akanyenyeri ka Rayon Sports byajemo kidobya
Umushinga wa Rayon Sports wo kwandika abanyamuryango mu buryo bw’ikoranabuhanga uzwi nka *Gikundiro 702# uri mu bibazo bikomeye nyuma y’uko hagaragaye...
-
Amakuru
/ 3 months agoFERWAFA igiye guha rugali RIB mu ruhago nyarwanda
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko riri mu biganiro bya nyuma n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), hagamijwe gukumira no kurwanya...
-
Imikino
/ 3 months agoUCL : Abarimo Harry Kane na Kylian Mbappé bakomeje gukubana umutwe
Nyuma y’umunsi wa gatati y’imikino ya Champions League 2025/26, abakinnyi babiri b’amazina akomeye ku mugabane w’u Burayi, Kylian Mbappé wa Real...
-
Amakuru
/ 3 months agoTwinjirane muri Gymnasium’ iri kubakwa i Huye
Urubyiruko rwo mu ntara y’Amajyepfo ruri mu byishimo bidasanzwe nyuma yuko Minisiteri ya Siporo ku bufatanye n’Akarere ka Huye ibatekerejeho ikaba...
-
Amakuru
/ 3 months agoUCL _ Abarimo Viktor Dadason wa Copenhagen banditse amateka adasanzwe!
Mu ijoro ryakeye rya tariki ya 21 Ukwakira 2025, umukinnyi ukiri muto w’ikipe ya Copenhagen, Viktor Dadason, yanditse izina rye mu...
-
Amakuru
/ 3 months agoRwanda Premier League yemeje ko iri hafi kongerwamo abanyamuryango batatu
Mu gihe intambara ikomeje kuyogoza Sudani kuva muri Mata 2023, ibikorwa by’imikino muri icyo gihugu byarahagaze burundu, birimo na shampiyona y’icyiciro...
-
Ibindi
/ 3 months agoKu biceri 200 frw yatsindiye arenga miliyoni na Fortebet
Mu gihe benshi bakibaza niba gutega amafaranga make byabyarira umuntu inyungu nini, umugabo umwe yaciye ibintu ku mbuga z’imikino nyuma yo...


