Stories By Gatete Jimmy
-
Amakuru
/ 3 months agoRayon Sports yagaragaje aho amatike y’umukino wa Singida Black Stars ageze agurwa
Rayon Sports yatangaje ko aho abafana bayo bageze bagura amatike y’umukino ugomba kuyihuza na Singida Black Stars kuri Kigali Pele Stadium...
-
Imikino
/ 3 months agoFIFA yashyize igorora amakipe azatanga abakinnyi bazakina igikombe cy’isi cy’ibihugu
Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi [FIFA] ryamaze gutangaza ko rigiye kugenera miliyoni 355 z’amadolari y’Amerika amakipe azatanga abakinnyi mu mikino y’Igikombe...
-
Imikino
/ 3 months agoIbitego umunani mu mukino umwe – UEFA Champions League yagarutse !
Ku mugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 16 Nzeri 2025 nibwo hakinwaga imwe mu mikino y’umunsi wa mbere wa UEFA...
-
Imikino
/ 3 months agoRayon Sports yatsindiwe ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA
Mu mukino wabereye muri Kenya ku wa Kabiri, tariki ya 16 Nzeri 2025, ikipe ya JKT Queens yo muri Tanzania yatsinze...
-
Imikino
/ 3 months agoHatangajwe impinduka ku masaha y’umukino wa Rayon Sports na Singida Big Stars
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje impinduka mu masaha umukino ubanza wayo w’ijonjora ry’ibanze muri CAF Confederation Cup ugomba kuyihuza na Singida...
-
Featured
/ 3 months agoRIB yemeje ko yataye muri yombi abarimo Kalisa Adolphe bayoboraga muri FERWAFA
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB], ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda, rwatangije iperereza rikomeye ku bantu babiri bakomeye bakoreraga Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru...
-
Imikino
/ 3 months agoAPR FC yasabye impinduka mu mukino wagombaga kuyihuza na Gicumbi FC
Ikipe ya APR FC yandikiye ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ndetse n’ubwa shampiyona y’u Rwanda [Rwanda Premier League] isaba...
-
Imikino
/ 3 months agoDore ubutumwa bw’ijambo rimwe bwa Singida Black stars bwasize aba-rayons mu gutungurwa gukomye!
Uguhangana ko hanze y’ikibuga hagati ya Rayon Sports na Singida Black Stars gukomeje gufata indi ntera mu gihe hasigaye iminsi ibarizwa...
-
Imikino
/ 3 months agoPerezida Thaddée yashyikirije agahimbazamusyi Rayon Sports mbere yo gukina finale
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Nzeri 2025, mu cyumba cy’inama cya Hoteli yitwa Weston iherereye mu gace ka Langata,...
-
Imikino
/ 3 months ago“Nge mbona ikibazo atari Ruben Amorim” – Paul Scholes avuga ku bibazo bya Manchester United
Manchester United, imwe mu makipe akunzwe cyane ku isi, iri mu bihe bigoye cyane kuva shampiyona y’u Bwongereza [Premier League] yatangira...


