Stories By Gatete Jimmy
-
Amakuru
/ 2 months agoDominic Solanke wa Tottenham yamaze kubagwa
Rutahizamu w’ikipe ya Tottenham Hotspur, Dominic Solanke, yamaze kubagwa nyuma yo kugira ikibazo cy’akabombari ku kuguru kw’iburyo. Uyu mukinnyi w’imyaka 28...
-
Amakuru
/ 2 months agoAMAFOTO -Visit Rwanda yatangaje ubufatanye bushya n’Amakipe yo muri Amerika
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ku mugaragaro ko “Visit Rwanda”, ikirango cy’u Rwanda gishinzwe kumenyekanisha ubukerarugendo, cyagiranye amasezerano y’ubufatanye n’amakipe abiri...
-
Amakuru
/ 2 months agoShema Fabrice yahuye n’abakinnyi b’abanyarwanda bakina hanze
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], Bwana Shema Fabrice, yatangiye urugendo rukomeye mu gushaka kongerera Amavubi imbaraga binyuze mu gushishikariza...
-
Amakuru
/ 2 months agoCamarade wa FERWAFA yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rw’ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Kalisa Adolphe, uzwi cyane ku izina rya “Camarade” wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru...
-
Imikino
/ 2 months agoLa Liga – Lewandowski yafashije Barcelona kwikura imbere ya Real Sociedad
Mu mukino wari witezwe na benshi mu gihugu cya Espagne, ikipe ya FC Barcelona yitwaye neza itsinda Real Sociedad ibitego 2-1...
-
Imikino
/ 2 months agoBigoranye cyane , Arsenal ivanye amanota atatu imbumbe kuri Newcastle!
Mu mukino waberaga kuri St James’ Park, ikipe ya Arsenal yikuye mu kagozi mu minota ya nyuma y’umukino, itsinda Newcastle United...
-
Imikino
/ 2 months agoTadej Pogačar yegukanye shampiyona y’isi y’amagare
Umunya-Slovenia, Tadej Pogačar, yongeye kwandika izina rye mu mateka y’amarushanwa y’amagare ku rwego rw’Isi ubwo yegukanaga Shampiyona y’Isi y’Amagare mu cyiciro...
-
Amakuru
/ 2 months agoAMAFOTO – Pyramids yitegura gutana mu mitwe na APR FC ihagurutse mu Misiri
Ikipe ya Pyramids yamaze gufata indege iyivana I Cairo mu Misiri iyerekeza mu Rwanda ,aho ije gukina na APR FC umukino...
-
Amakuru
/ 2 months agoRuben Amorim yashimangiye ko adahangayikishijwe n’ibyo kuba yakwirukanwa
Nyuma yo gutsindwa ibitego 3-1 na Brentford, ikipe ya Manchester United yongeye kwisanga mu bibazo by’uruhuri, ariko umutoza wayo mukuru, Ruben...
-
Featured
/ 2 months agoAfhamia Lotfi yavuze ku gikurikiraho kuri Rayon Sports nyuma yo gusezererwa !
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki ya 27 Nzeri 2025, ikipe ya Rayon Sports yasezerewe mu mikino ya CAF Confederation...


