-
Amakuru
/ 1 month agoIntsinzi y’Amavubi imbere ya Zimbabwe ntacyo yayifashije ku rutonde rwa FIFA
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yagumye ku mwanya wa 127 ku rutonde ngarukakwezi rusohorwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, rwasohotse...
-
Imikino
/ 1 month agoFIFA yatangije iperereza rishobora gusiga Afurika y’Epfo ikaswe amanota
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi [FIFA] yatangaje ko yatangiye iperereza ryimbitse ku birego biregwamo ikipe y’umupira w’amaguru y’ Afurika y’Epfo [Bafana...
-
Amakuru
/ 1 month agoCamarade wigeze kuyoboraho FERWAFA agiye gutangira kuburanishwa
Kalisa Adolphe uzwi cyane ku izina rya Camarade, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA], agiye kugezwa imbere...
-
Imikino
/ 1 month agoLionel Messi agiye kongera amasezerano muri Inter Miami
Hari amakuru mashya aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuga ko rutahizamu w’Umunya- Argentine , Lionel Messi, ashobora kongera amasezerano...
-
Imikino
/ 1 month agoUCL : Liverpool ,PSG na Inter Milan zakoze ibyo zasabwaga – Raporo yose
Irushanwa rikomeye ku mugabane w’u Burayi, UEFA Champions League, ry’umwaka w’imikino wa 2025/26 ryakomereje ku muvuduko uri hejuru. Amakipe akomeye nka...
-
Imikino
/ 1 month agoUCL : Harry Kane yafashije Bayern Munich kunyagira Chelsea
Mu mukino w’ishiraniro wabereye kuri Allianz Arena, rutahizamu w’umwongereza Harry Kane yongeye kwerekana ko atajya apfusha ubusa amahirwe abonye, atsinda ibitego...
-
Imikino
/ 1 month agoNdikumana Asuman agiye guhangana na Byiringiro Lague – Twinjira mu byitezwe ku munsi wa Kabiri wa Rwanda Premier League
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda y’umwaka wa 2025/2026 igiye gukomeza hakinwa umunsi wa kabiri, aho amakipe akomeye arimo APR FC,...
-
Imikino
/ 1 month agoBarcelona igiye kwa Newcastle United idafite Lamine Yamal
Lamine Yamal, ntari ku rutonde rw’abagomba gukina umukino wa Champions League, FC Barcelona igiye kwakirwamo na Newcastle United kuri uyu...
-
Amakuru
/ 1 month agoThomas Partey yahakanye ibyaha byo gufata ku ngufu abagore aregwa
Uwahoze ari umukinnyi wa Arsenal, Thomas Partey, yahakanye ibyaha aregwa byo gufata ku ngufu abagore babiri ndetse no gukorera undi mugore...
-
Amakuru
/ 1 month agoRIB yavuze ko siporo atari ikirwa abanyabyaha bihishamo mu gihe abarimo Camarade bafunze !
Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Radio Rwanda,kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Nzeri 2025, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr....


