-
Amakuru
/ 6 days agoIbigezweho kuri gahunda yo guhagarika Israel muri ruhago
Amajwi ari gusaba ko Israel ihagarikwa mu marushanwa ya ruhago yo ku mugabane w’u Burayi yongeye kuzamuka nyuma y’umunsi umwe amasezerano...
-
Amakuru
/ 6 days agoNyuma yo gusiba shampiyona y’isi;Mugisha Moïse yongeye gufatwa n’uburwayi
Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’Amagare, Mugisha Moïse, yongeye kujyanwa mu bitaro nyuma yo kugira isereri akitura hasi, nubwo hari hashize iminsi mike...
-
Amakuru
/ 6 days agoJulian Nagelsmann yifatiye ku gahanga abacyerensa urwego rwa Florian Writz
Nyuma y’ibyumweru bitari bike by’igitutu ku mukinnyi w’imyaka 22 w’Umudage, Florian Wirtz, umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Budage, Julian Nagelsmann, yavuze ko...
-
Amakuru
/ 6 days agoAMAFOTO – Rwanda Premier League yanonosoye iby’imitangire y’ibihembo by’abitwaye neza
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 10 Ukwakira 2025, ku cyicaro cya FERWAFA, habereye inama idasanzwe yahuje ubuyobozi bwa...
-
Amakuru
/ 1 week agoBruno Fernandez yavuze kubyo kwerekeza muri Saudi Arabia
Mu gihe inkuru zinyuranye zakomeje kuvugwa mu itangazamakuru mpuzamahanga zivuga ku buryo bushoboka ko Bruno Fernandes yajya gukinira amakipe yo muri...
-
Amakuru
/ 1 week agoMyugariro wa Liverpool yavuye mu ikipe y’igihugu cye igitaraganya !
Ibrahima Konate, myugariro w’ikipe ya Liverpool, yavuye mu ikipe y’igihugu y’u Bufaransa igitaraganya kubera imvune yo ku kibero cy’ukuguru kw’iburyo. Uyu...
-
Amakuru
/ 1 week agoNyuma yo gukubitwa icy’ingusho na Benin, Amavubi yerekeje muri Afurika y’Epfo
Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 Ukwakira 2025, yahagurutse ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali...
-
Amakuru
/ 1 week agoAmrouche ati ‘mugomba kwibwiza ukuri’; Minisitiri Mukazayire ati ‘nta kuva mu ngamba’
Nyuma yo gutsindwa na Bénin igitego 1-0 mu mukino wo guhatanira itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, umutoza mukuru w’Amavubi, Adel Amrouche,...
-
Amakuru
/ 1 week agoArsenal yahaniwe amakosa yakoreye ku mukino wa Manchester United
Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yahanishijwe ihazabu ingana na £500,000 nyuma yo guhamwa n’ikosa ryo kutubahiriza amabwiriza y’irushanwa rya FA...
-
Amakuru
/ 1 week agoAnthony Taylor yasabye abafana kudafata umusifuzi nk’utagomba kwibeshya
Umusifuzi w’imyaka 46 muri Premier League, Anthony Taylor yongeye kuvuga ku kibazo kimaze gufata indi ntera:kirimo ihohoterwa n’agasuzuguro abasifuzi bahura nako,...