-
Amakuru
/ 2 months agoPremier League : Erling Haaland yageze ku gahigo ka Alan Shearer
Rutahizamu w’Umwongereza w’imyaka 25 ukinira Manchester City, Erling Haaland, yongeye kwandika izina rye mu mateka ya Premier League ubwo yuzuzaga ibitego...
-
Amakuru
/ 2 months agoUmutoza wa APR FC azi abakomeje kumuharabika
Umutoza wa APR FC, Taleb Abderrahim, yeruye avuga ko azi neza umuntu uri inyuma y’inkuru zimaze iminsi zisebya ikipe ye n’uburyo...
-
Amakuru
/ 2 months agoHoteli ya FERWAFA igiye kujya yakira andi makipe atari aya ruhago
Umuyobozi wa Federasiyo y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ushinzwe tekiniki, Richard Mugisha, yatangaje ko hoteli ya FERWAFA iherutse gutangira gukora nyuma...
-
Amakuru
/ 2 months agoRPL : APR FC iri kurya isataburenge Police FC nyuma gutsinda Etincelles FC
Ikipe ya APR FC yitwaye neza itsinda Etincelles FC ibitego 2-1 mu mukino w’ikirarane w’Umunsi wa Gatatu wa Shampiyona y’u Rwanda...
-
Amakuru
/ 2 months agoHakoreshwa VAR mu gutanga Koruneri mu gikombe cy’isi cya 2026
Mu gihe shampiyona zitandukanye ku isi zikomeje kugaragaza ko zidashyigikiye igitekerezo cyo kongerera VAR ububasha bwo kugenzura amakosa n’itangwa ry’imipira iturutse...
-
Amakuru
/ 2 months agoUwakinnye muri Premier League arashinjwa gufata ku ngufu umukunzi we
Umukinnyi wahoze akinira Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza (Three Lions) mu myaka yo muri 2010 ndetse wanakinnye muri Premier League, yatawe muri...
-
Amakuru
/ 2 months agoBonnie Mugabe yakomoje kuri maguya no guhwihwiswa kw’amakuru yo muri FERWAFA
Umunyamabanga Mukuru mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Bonnie Mugabe, yatangaje ko yinjiye muri iri shyirahamwe azi neza ko amanyanga...
-
Amakuru
/ 2 months agoKigali : Hagiye kongera gukorerwa Licence A-CAF
Nyuma y’imyaka umunani abatoza b’umupira w’amaguru mu Rwanda batabona amahugurwa ya Licence A-CAF, hamenyekanye ko iyi mpamyabumenyi yo gutoza igiye kongera...
-
Amakuru
/ 2 months agoUmuhungu wa Thiago Silva yasinyiye Chelsea
Isago Silva, umuhungu w’icyamamare Thiago Silva wahoze akinira Brazil n’ikipe ya Chelsea, yamaze gushyira umukono ku masezerano ye ya mbere y’umwuga...
-
Amakuru
/ 2 months agoAFCON 2026 : Cameroun ntago yamahagaye Andre Onana
Mu gihe hasigaye igihe gito ngo Igikombe cya Afurika (Afcon) kizabera muri Maroc gitangire ku wa 21 Ukuboza 2025, ikipe y’igihugu...


