Andi Makuru
-
Amakuru
/ 2 months agoTRANSFERS-Man City irifuza kapiteni wa Crystal Palace
Manchester City iri kwiyongera mu makipe ari gukurikiranira hafi kapiteni wa Crystal Palace, Marc Guehi, muri uku kwezi kwa Mutarama, bitewe...
-
Imikino
/ 2 months agoAFCON2025 -Misiri na Nigeria zabonye itike ya ¼
Imikino ya ⅛ cy’irangiza ry’Igikombe cya Afurika cya 2025 yakomeje gukinwa kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Mutarama 2026, aho...
-
Amakuru
/ 2 months agoRayon Sports yibitseho myugariro ukubutse mu Buhinde
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwerekana ko yiyemeje kongera imbaraga mu bwugarizi bwayo, nyuma yo gusinyisha myugariro wo hagati ukomoka muri...
-
Amakuru
/ 2 months agoBasketball : Kepler yakuye inkingi ya mwamba muri APR
Ikipe ya Kepler Women Basketball Club yemeje ko yasinyishije Assouma Uwizeye amasezerano y’umwaka umwe, avuye mu ikipe ya APR WBBC yari...
-
Amakuru
/ 2 months agoRayon Sports WFC yashimiwe n’umunya-Kenya wayiciyemo
Umunya-Kenya ukinira ikipe y’igihugu y’abagore mu mupira w’amaguru, Rachael Muema, yanditse ubutumwa bwuje amarangamutima asezera ku ikipe ya Rayon Sports Women’s...
-
Amakuru
/ 2 months agoAFCON2025-Tunisia yahagaritse abatoza b’ikipe y’igihugu nyuma yo gusezererwa
Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 4 Mutarama, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Tunisia (FTF) ryatangaje ko ryahagaritse ku mugaragaro amasezerano...
-
Amakuru
/ 2 months agoMu ishusho ngari ,icyo Ruben Amorim watandukanye na Manchester United azize
Nyuma y’amezi 14 gusa atoza Manchester United, ubuyobozi bw’iyi kipe bwemeje ko umutoza w’Umunya-Portugal Ruben Amorim atagifite akazi ke. Ni icyemezo...
-
Amakuru
/ 2 months agoFERWAFA SUPER CUP- Bruno Ferry yahishuye umugambi wo kwihorera kuri Mukeba
Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yakomeje kugaragaza ituze n’icyerekezo mu myiteguro y’umukino wa Super Cup uzahuza Gikundiro na APR FC...
-
Amakuru
/ 2 months agoMinisiteri ya Siporo yinjiye mu kibazo cyabaye ku mukino wa APR FC
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko yinjiye mu kibazo cy’ibura ry’umuriro ryabaye mu mukino wa shampiyona wahuje APR FC na Bugesera FC,...
-
Amakuru
/ 2 months agoAFCON2025 – Aziz Ki yemerewe kuva mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Burkina Faso (FBF) ryatangaje ko umukinnyi wo hagati w’iyi kipe y’igihugu , Aziz Stéphane Ki, yemerewe kuva...


