Andi Makuru
-
Amakuru
/ 3 months agoRayon Sports yatsindiye Gorilla FC mu maso ya Bruno Ferry
Nyuma y’iminsi itari mike y’umusaruro muke no kunengwa n’abayobozi bayo, Rayon Sports yongeye guhembura imitima y’abafana bayo itsinda Gorilla FC ibitego...
-
Amakuru
/ 3 months agoGuardiola yasabye Man City kwitegura kubaho itamufite
Umutoza mukuru wa Manchester City, Pep Guardiola, yatangaje ko iyi kipe igomba kwitegura ejo hazaza mu gihe azaba atakiri ku ntebe...
-
Amakuru
/ 3 months agoAPR FC iri kwifuza gusinyisha rutahizamu wa Simba SC
Ikipe ya APR FC ikomeje ibikorwa byo gushaka abakinnyi bashya izifashisha mu gice cya kabiri cy’umwaka w’imikino, aho amakuru aturuka muri...
-
Amakuru
/ 3 months agoMyugariro wa Ecuador yishwe arashwe
Umupira w’amaguru wa Ecuador n’isi muri rusange wakiriye inkuru ibabaje y’urupfu rwa Mario Pineida, myugariro w’ikipe y’igihugu cya Ecuador, wapfuye arashwe...
-
Amakuru
/ 3 months agoRayon Sports yemeye ko iri mu bihe bikomeye
Rayon Sports ikomeje kunyura mu bihe bitayoroheye muri uyu mwaka w’imikino wa 2025/26, aho imikorere yayo itaranyuze abakunzi bayo benshi. Uretse...
-
Amakuru
/ 3 months agoBatanu bakatiwe igifungo kubera uburiganya bw’amatike ya Liverpool FC
Urukiko rwa Liverpool Crown Court rwakatiye abagabo batanu igifungo nyuma yo kubahamya icyaha cyo gucura umugambi wo gukora uburiganya bushingiye ku...
-
Amakuru
/ 3 months agoMan City yamenye uwo bazahura muri ½ cya Carbao Cup
Tombola yose Chelsea v Arsenal/Crystal Palace Newcastle v Manchester City Irushanwa rya Carabao Cup rigeze aho rukomeye cyane, aho amakipe ane...
-
Imikino
/ 3 months agoPSG yegukanye igikombe cya gatandatu muri uyu mwaka
Ikipe yo mu Bufaransa, Paris Saint-Germain (PSG), yakomeje kwandika amateka meza mu mwaka wa 2025 yegukana igikombe cya gatandatu, nyuma yo...
-
Amakuru
/ 3 months agoIbikubiye mu masezerano ya Bruno Ferry na Rayon Sports
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwemeza Umufaransa Bruno Ferry nk’umutoza mushya w’iyi kipe, ku masezerano y’amezi atandatu, mu rwego rwo kongera...
-
Amakuru
/ 3 months agoFIFA yakubye kabiri amafaranga y’ibihembo by’Igikombe cy’Isi
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, ryatangaje ko ryongereye ku kigero cya 50% amafaranga y’ibihembo azahabwa amakipe azitabira Igikombe cy’Isi kizaba...


